Umugore witwa Kerry Robertson wo muri Australia wari uri hafi yo guhitanwa n’indwara ya kanseri yabaye umuntu wa mbere wo kurangiza ubuzima bwe hakurikijwe amategeko mashya agenga kurangiza...
Nyuma yo kumenyeshwa n’umuryango w’aba-Islam mu Rwanda ko ku cyumweru tariki 11 Kanama 2019 ari umunsi mukuru wa Eid al-Adha, Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo(MIFOTRA) yemeje ko kuwa mbere...
Umuhanzi Abayizera Marie Grace uzwi nka Young Grace, yashyize hanze amafoto yishimisha, ari mu bwato ndetse no mu nkengero z’ikiyaga cya Kivu yambaye utwenda tugaragaza inda ye...
Umugabo wo mu gace ka Homa ho mu gihugu cya Kenya witwa Kennedy Olwa yaguye mu kantu nyuma yo kugera iwabo agasanga hari gukorwa umuhango wo kumushyingura.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara ibiciro byo kwinjira ku mukino wa CAF Champions league uzayihuza na Al Hilal Omdurman yo muri Sudani, aho itike ya make ari...
Umunya-Brazil Malcom Filipe Silva de Oliveira uheruka kuva muri FC Barcelona akerekeza muri Zenit St Petersburg yo mu Burusiya, ashobora kuva muri iyi kipe vuba na bwangu nyuma yo kugaragarizwa...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Kanama 2019, ni bwo ubuyozi bwa Rayon Sports FC ndetse n’abakinnyi bicaye baraganira, bafata ingamba z’umwaka w’imikino wa 2019-2020, mu mavrangamutima menshi...