Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya rayon sports ariwe Jules ulimwengu ubwo ejo yaganiraga n’itangazamakuru nyuma y’umukino wahuje ikipe ye ya rayon sports na As Kigali mu mukino wa gicuti yamaze...
Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya APR FC yakoze imyitozo yayo ya mbere, iri kumwe n’abatoza bashya berekanwe ku mugaragaro ku mugoroba w’ejo ku wa gatanu.
Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu ivatir’taxi voiture’ yagongeye umuntu umwe ahitwa Ryabega mu murenge wa Nyagatare iramwica ikomeza igana mu murenge wa Rwimiyaga naho ihagongera abandi...
Ikipe ya Bugesera FC ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, yemeje ko Nsaziyinka NOAH wayizamuye mu kiciro cya mbere yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu.
(CDC) Ikigo gishinzwe kugenzura no gukumira indwara cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika , cyatangaje ko cyohereje abaganga 12 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu butumwa bwo...