Gucci Mane n’umugore we, Keyshia Ka’oir, bari mu byishimo bidasanzwe ku bwo kwibaruka umwana w’umuhungu, umugabo akaba yahaye impano y’akayabo ka miliyoni y’amadorali, arenga miliyali mu mafaranga...
Uko ibihe biha ibindi, ni uko umuvuduko w’iterambere ry’isi ugenda wiyongera. Ibi bigaterwa ahanini n’ikoranabuhanga ryagutse ridasiba kuvumburwa uko bwije nuko bukeye. Kimwe mu byo ikoranabuhanga...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Mutarama Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Kamembe yafashe Mukeshimana Mathew w’imyaka 47 akurikiranweho kwambura abaturage amafaranga avuga ko ari...
Mu gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwanda...
Ikipe ya As Kigali iherereye mu gihugu cya Uganda yapimwe mbere yuko ihura n’ikipe ya KCCA Fc ibarizwa muri iki gihugu aho nta bayobozi n’abakinnyi basanzwemo ubwandu bwa COVID-19.
Diamond Platnumz yeretse Tanasha Donna ko akimuzirikana nyuma yuko Tanasha Donna yari amaze gushyira hanze indirimbo 10 z’abanyafurika zakunzwe mu mwaka wa 2020 ku rubuga rwaYouTube. Ku mwanya wa 7...
Benimana Ramadhan uzwi nk’umukinnyi wa film Serie yitwa BAMENYA atangaza ko yaciye mu buzima busharira kandi yaravukiye mu muryango wifashije, ngo hari ubuzima mpamo akina muri film ariko ntabwo...
Kuri uyu wa 4 Mutarama 2021, abarimu batangiye kwigishiriza abanyeshuri munsi y’ibiti, nyuma y’igitekerezo cy’Umunyamabanga muri Guverinoma ya Kenya ushinzwe uburezi, Prof. George Magoha.
Busingye mu butumwa yatambukije kuri Twitter yasaga n’uca amarenga ko Guma mu Karere nidatanga igisubizo hashobora kuzakurikira Guma mu rugo, yazengereje abatari bake ku buryo nta muturage...