skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mu buryo butunguranye The Ben yagaragaye mu bafana bari bitabiriye irushanwa ryo muri Tanzania ryo gushaka abahanzi bafite impano

Umuhanzi w’umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yagaragaye mu irushanwa ryo muri Tanzania ryitwa Bongo Star Search aho yarimo nk’umushyitsi.
12 January 2021 Yasuwe: 3330 0

Ibitangaje kuri YASUKE umunyafurika wa mbere wageze ku rwego rw’abarwanyi rwitwa samurai mu myaka 500 ishize

Ahagana mu myaka 500 ishize, umunyafurika muremure yageze mu Buyapani. Yaje kuba umunyamahanga wa mbere wageze ku rwego rw’abarwanyi rwitwa samurai, ubu ari gukorwaho filimi muri Hollywood.
12 January 2021 Yasuwe: 2384 0

Bwa mbere Schwarzenegger wamamaye nka Komando yanenze Trump bahuje ishyaka

Icyamamare mu bya sinema akaba abarizwa no muri politike Arnold Schwazenegger yanenze bikomeye perezida Donald Trump ucyuye igihe aho yatangaje ko ariwe perezida wabayeho mubi iki gihugu cyagize.
12 January 2021 Yasuwe: 2153 0

Michelle Obama yishe rimwe mu mahame adasanzwe buri muntu, kugera no ku banyacyubahiro barimo n’abakuru b’ibihugu bagomba...

Guhura n’umwamikazi w’u Bwongereza ndetse n’abagize umuryango w’ibwami bifatwa nk’amahirwe kuri benshi ariko bigasaba kugira uko umuntu yitwara kugira ngo atarenga ku mahame agenga uyu muryango.
11 January 2021 Yasuwe: 7385 0

Ibintu 15 bitangaje mu ikoreshwa rya Telefone

Telefone ni igikoresho cya buri munsi mu bikorwa bitandukanye, kuri bamwe zisigaye zarabaye ubuzima bwacu iyo tutazifite ubuzima burahungabana. Tugiye kuvuga ku bintu 15 bitangaje mu ikoreshwa rya...
11 January 2021 Yasuwe: 2773 0

Reba ibintu 31 bitangaje ushobora kuba utari uzi ku buzima bwa muntu cg se ku muntu

Wari uzi ko imiyoboro y’amaraso y’umuntu uyirambuye yazenguruka isi dutuye inshuro ebyiri n’igice?, dore ibintu 31 bitangaje ushobora kuba utazi ku muntu.
11 January 2021 Yasuwe: 3988 0

Nick Minaj ari kwishyuzwa akayabo k’amamiliyoni y’amanyarwanda kubera gukoresha indirimbo ya Tracy

Umuhanzi ukora injyana ya rap Nicki Minaj agomba kwishyura Tracy Chapman $450,000 (hafi miliyoni 500 Frw) kugira ngo harangizwe urubanza rw’imwe mu ndirimbo ye.
11 January 2021 Yasuwe: 1008 0

Umuryango,inshuti n’abavandimwe basezeyeho bwa nyuma nyakwigendera Umuhire Valentin[AMAFOTO]

Umunyamakuru Umuhire Valentin uheruka kwitaba Imana, abo mu muryango we,inshuti n’abavandimwe bamusezeye bwa nyuma, misa yo kumuherekeza irabera kuri Kiliziya ya Regina Pacis i Remera, naho...
11 January 2021 Yasuwe: 7553 0

Reba abagore 10 bakoze ibidasanzwe mu myidagaduro ’Showbiz’ y’u Rwanda[AMAFOTO]

Umugore, ni izingiro ry’ibyishimo, umugongo uhekera umuryango, umutima w’urugo, afasha Imana kurema, akunda abantu ntakunda ibintu, igikuru cyane yihebera bihebuje abana kurusha ibindi.
11 January 2021 Yasuwe: 5701 0

Perezida wa Seychelles yabimburiye abandi afata urukingo rwa Covid-19 mugihe umuntu umwe gusa ariwe wahitanwe n’icyorezo kuva...

Ibirwa bya Seychelles byatangiye ibikorwa byo gukingira abaturage babyo icyorezo cya Covid-19, kiba igihugu cya kabiri muri Afurika gitangiye ibikorwa byo gukingira nyuma ya Guinea yahawe urukingo...
11 January 2021 Yasuwe: 1117 1