Muri Washington aharibuze kubera umuhango wo kurahira kwa Perezida mushya Joe Biden ndetse na Kamala Harris nka Visi Perezida, hakajijwe umutekano udasanzwe kuburyo huzuye abasirikare benshi...
Mu minsi ishize nibwo Muyakazi Sadate yatangaje ko Amavubi naramuka atsinze ikipe ya Uganda Cranes azahemba buri mukinnyi amadolari 100. Mu ijoro ryo kuwa mbere nibwo umukino w’Amavubi na Uganda...
Mu Ntara za Iringa na Shinyanga mu Majyepfo y’Iburengerazuba mu gihugu cya Tanzania, abagabo baravugwaho kwiharira amashereka agenewe abana babo, bonka abagore babo mu rwego rwo kwivura isindwe...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyo yise “inyigisho z’amoko akomeye” mu kwigisha amateka y’Abanyamerika, nyuma yo gushinjwa ivanguramoko mu gitabo gishya...