Umukobwa wakoraga akazi ko kwicuruza, Ama Broni wari ufite abana 2, yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kuva ku rubyiniro (Stage), ubwo yaasambanywaga n’abasore benshi bikamuviramo urupfu.
Ku wa 19 Mutarama 2021, icyamamare mu muziki wa Tanzania, Ali Kiba yavuze ko afitanye isano ya hafi n’umusaza Abdul Juma byari bimaze igihe kirekire bizwi ko ariwe se wa Diamond Platinumz.
Sheilla Gashumba, umunyamakuru kuri Televiziyo akaba na ambasaderi w’ibicuruzwa, ni umwe mu bakobwa bagezweho mu gihugu cya Uganda, kuri ubu uhamyako akeneye ibyishimo birenze ibyo yigeze kugira mu...
Ubusanzwe abagore bagira ubushake buke mu gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije n’abagabo. Abaganga bagaragaza ko ibi biterwa nuko, umusemburo wa testosterone uba ari mwinshi ku bagabo...
Ikigo cya Moderna Inc. gikora urukingo rwa Covid-19 rwitwa ‘Moderna’ cyasabwe gukora iperereza ku mpamvu bamwe mu baruterwa bakomeje kugirwaho ingaruka zo gufurutwa.
Umuhanzi Naseeb Abdul Juma ukunzwe mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, ubwo yabazwaga amakuru yerekeye se umubyara, yavuze ko ntacyo yatangaza ku bijyanye n’ibibazo byo mu buriri.
Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria Burna Boy asa nk’aho akunzwe muri White House. Muri 2019, yakoze urutonde rw’abahanzi bakunzwe rw’uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack...