skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Broni yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kuva ku rubyiniriro agasambanywa n’abasore benshi bikamuviramo Urupfu

Umukobwa wakoraga akazi ko kwicuruza, Ama Broni wari ufite abana 2, yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kuva ku rubyiniro (Stage), ubwo yaasambanywaga n’abasore benshi bikamuviramo urupfu.
22 January 2021 Yasuwe: 4854 0

Uwari Minisitiri mu biro bya Perezida wa Afurika y’Epfo yishwe n’ingaruka za Covid-19

Kuri uyu wa 21 Mutarama 2021, Jackson Mthembu wari Minisitiri mu biro bya Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yitabye Imana yishwe n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19.
22 January 2021 Yasuwe: 803 0

Ali Kiba afitanye isano rya hafi n’uwari usanzwe azwi nka Papa wa Diamond

Ku wa 19 Mutarama 2021, icyamamare mu muziki wa Tanzania, Ali Kiba yavuze ko afitanye isano ya hafi n’umusaza Abdul Juma byari bimaze igihe kirekire bizwi ko ariwe se wa Diamond Platinumz.
22 January 2021 Yasuwe: 2322 0

Mama w’umuhanzi Christopher yahitanwe n’uburwayi

Umuhanzi Christopher ari mu gahinda nyuma yo gupfusha mama we kuri uyu wa Kane tariki 21 Mutarama 2021.
21 January 2021 Yasuwe: 2705 0

Shema ku myaka 7 gusa atwara indege[AMAFOTO]

Shema Graham ni umwana w’Umugande w’imyaka 7 y’amavuko gusa, ariko amaze gutwara indege yo mu bwoko bwa Cessna 172 inshuro eshatu mu gihe cy’imyitozo.
21 January 2021 Yasuwe: 4638 0

Gashumba ngo akeneye ibyishimo biva ku mugabo[AMAFOTO]

Sheilla Gashumba, umunyamakuru kuri Televiziyo akaba na ambasaderi w’ibicuruzwa, ni umwe mu bakobwa bagezweho mu gihugu cya Uganda, kuri ubu uhamyako akeneye ibyishimo birenze ibyo yigeze kugira mu...
21 January 2021 Yasuwe: 6887 0

Reba igitera abagore bamwe guhora bashaka gukora imibonano mpuzabitsina

Ubusanzwe abagore bagira ubushake buke mu gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije n’abagabo. Abaganga bagaragaza ko ibi biterwa nuko, umusemburo wa testosterone uba ari mwinshi ku bagabo...
21 January 2021 Yasuwe: 9239 2

Hasabwe ubucukumbuzi ku mpamvu urukingo rwa COVID-19 ’Moderna’ rutera bamwe gufurutwa

Ikigo cya Moderna Inc. gikora urukingo rwa Covid-19 rwitwa ‘Moderna’ cyasabwe gukora iperereza ku mpamvu bamwe mu baruterwa bakomeje kugirwaho ingaruka zo gufurutwa.
21 January 2021 Yasuwe: 1376 1

Ibyo mu buriri ntacyo nabivugaho-Diamond ubwo yabazwaga amakuru yerekeye Papa we umubyara

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma ukunzwe mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, ubwo yabazwaga amakuru yerekeye se umubyara, yavuze ko ntacyo yatangaza ku bijyanye n’ibibazo byo mu buriri.
21 January 2021 Yasuwe: 1768 0

Burna Boy asa nk’aho akunzwe muri White House ,niwe muhanzi wa Afurika wenyine wakoze urutonde rw’indirimbo zifashishwa mu...

Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria Burna Boy asa nk’aho akunzwe muri White House. Muri 2019, yakoze urutonde rw’abahanzi bakunzwe rw’uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack...
20 January 2021 Yasuwe: 1744 0