Nk’uko byatangajwe na George Weah wigeze gutsindira Ballon d’or ndetse kuri ubu akaba ari na Perezida wa Repubulika ya Liberia, Cristiano Ronaldo ukomoka mu gihugu cya Porutugali ngo “ntabwo ari...
Umuvugizi wungirije w’igisirikare cya Uganda, Lt. Col. Deo Akiiki kuri uyu wa 22 Mutarama 2021 yatangaje ko ingabo zabo ziri mu butumwa bw’amahoro ziciye abarwanyi 189 b’umutwe wa Al Shabaab mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Mutarama 2021, Amanda Gorman yaraye yanditse amateka ubwo yavugaga umuvugo mu muhango wo kurahiza Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden.
Mu kiganiro Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) yagiranye n’Ikinyamakuru, The New Times yavuze ko u Rwanda rutegereje inkingo miliyoni imwe zikingira Covid-19.