skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Minisitiri w’intebe wa Congo Ilunga mu mazi abira

Abadepite ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basinye icyemezo cyo gutakariza ikizere Minisitiri w’Intebe, Sylvestre Ilunga Ilunkamba nk’imwe mu nzira yo gusesa Guverinoma ubundi Perezida...
24 January 2021 Yasuwe: 4484 0

“Ronaldo ntabwo ari umukinnyi mwiza ku isi”-George Weah

Nk’uko byatangajwe na George Weah wigeze gutsindira Ballon d’or ndetse kuri ubu akaba ari na Perezida wa Repubulika ya Liberia, Cristiano Ronaldo ukomoka mu gihugu cya Porutugali ngo “ntabwo ari...
24 January 2021 Yasuwe: 4369 1

Amwe mu mafunguro y’ingenzi yagufasha gusinzira neza

Gusinzira neza ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri, kuko bifasha ingingo zitandukanye z’umubiri gukora neza. Mu gihe usinzira neza bihagije uba urinze umubiri wawe ibyago byo kwibasirwa...
24 January 2021 Yasuwe: 4685 0

Bijoux wo muri Bamenya yatandukanye na Benjamin wamwambitse impeta ahita amusimbuza uwo umutima we wishimira

Munezero Aline uzwi nka Bijoux muri Filime y’uruhererekane yitwa ‘Bamenya’, yatangaje ko hashize iminsi atandukanye n’umusore witwa Abijuru Benjamin [King Bent] wamwambitse impeta y’urukundo...
23 January 2021 Yasuwe: 9740 0

Ingabo za Uganda zivuganye Abarwanyi 189 ba Al Shabaab

Umuvugizi wungirije w’igisirikare cya Uganda, Lt. Col. Deo Akiiki kuri uyu wa 22 Mutarama 2021 yatangaje ko ingabo zabo ziri mu butumwa bw’amahoro ziciye abarwanyi 189 b’umutwe wa Al Shabaab mu...
23 January 2021 Yasuwe: 3337 0

Leta y’u Burundi niyo iri gushyirwa mu majwi mu kugira uruhare mu iyicwa rya Thierry Kubwimana bivugwa ko yishwe n’umugore we...

Polisi y’u Burundi iheruka kwereka itangazamakuru abagabo batatu n’umugore umwe, bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Thierry Kubwimana uri mu bahanzi bari bakunzwe cyane i Burundi.
23 January 2021 Yasuwe: 6737 0

Ibiteye amatsiko ku mukobwa ukiri muto w’umwiraburakazi watangaje benshi ubwo yavugaga umuvugo mu irahira rya Perezida Joe...

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Mutarama 2021, Amanda Gorman yaraye yanditse amateka ubwo yavugaga umuvugo mu muhango wo kurahiza Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden.
22 January 2021 Yasuwe: 4477 0

Inkingo miliyoni imwe za COVID-19 ziragera i Kigali mu minsi ya vuba cyane

Mu kiganiro Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) yagiranye n’Ikinyamakuru, The New Times yavuze ko u Rwanda rutegereje inkingo miliyoni imwe zikingira Covid-19.
22 January 2021 Yasuwe: 2522 0

Hakuweho urujijo rw’ahabereye ubwicanyi bwakozwe na Kaneza Christa wishe umugabo we Thierry Kubwimana ngo kugira ngo asigarane...

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru, Polisi y’u Burundi yerekanye umugore ukiri muto n’abagabo babiri bakekwaho kwica uwitwa Thierry Kubwimana, yapfuye arashwe mu Ugushyingo 2020.
22 January 2021 Yasuwe: 18490 0

James yaribeshye ajugunya Disike iriho Miliyari z’Amanyarwanda zisaga 311

James Howells ufite imyaka 35, ku bw’impanuka yajugunye disiki ye ifite agaciro gakomeye, yari ifite urufunguzo rwo gufungura ibice 7.500 bya Bitcoin cryptocurrency, aho hariho agaciro ka miliyoni...
22 January 2021 Yasuwe: 4103 0