Muri Tanzaniya Meya wo mu karere ka Moshi Juma Raibu yasabye abari bitabiriye inama yari ayoboye kubanza gukuramo udupfukamunwa, ngo atangize inama yari yabaye kuwa 28 Mutarama igamije kwiga...
Kuva hatangira kuvugwa amakuru yuko uwo abenshi bari baziko ari Se wa Diamond atariwe wamubyaye, bwambere uyu muhanzi yagize icyo abivugako ubwo yari mu kiganiro kuri radio ye ya Wasafi Fm.
Umuvugizi wa Perezida w’ u Burundi, Jean Claude Karerwa Ndenzako avuga ko kugira ngo u Rwanda n’ u Burundi babane neza, igihugu cye cyakoze ibyo cyasabwaga n’ u Rwanda, bityo ko ubu nabo bategereje...
Umuhanzikazi Tanasha Donna yasubije ku mashusho amwerekana ubwo yari mu gitaramo cyabereye muri Tanzania asa nkuwashutswe na Diamond Platnumz ubwo yashakaga kumusoma nyuma agahita yikura bakamuha...
Tanasha Donna kuri ubu uri muri Tanzania yagaragaje amarangamutima ye, aho kuri Instagram ye yavuze ko akeneye umushimisha, nuko bamwe mu bamukurikira ntibazuyaza bahita barya urwara Diamond.