Ubwoba bushobora gutuma umuntu agana mu icuraburindi bitewe no kwihutira cyangwa gutinda gufata icyemezo nyacyo mu gihe gikwiye, ariko uhangana nabwo akabunesha ni we ufatwa nk’intwari mu rugendo.
Mu gihugu cy’Uburundi umudepite witwa Pierre-Célestin Ndikumana ararengwa gucura umugambi mubisha wo kwica bamwe m ubayobozi bakuru b’igihugu barimo na Perezida wiki gihugu.
Wema Sepetu wamamaye muri sinema ya Bongo muri Tanzania, yasubije abamwibasiye bamushinja kugaragaza nabi umukunzi we ku mbuga nkoranya mbaga bavuga ko yamugaragaje mu bikorwa biteye isoni.
Nubwo umujyi wa Kigali uza ku isonga mu mijyi myiza yo muri Afurika,usanga hari uduce twinshi tugikeneye izindi mbaraga kugira ngo umwanda ukabije n’akajagari bibe amateka.