skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mwarabu warindaga umutekano wa Diamond yamusimbuje undi musore w’ibigango bidasanzwe[AMAFOTO]

Nyuma y’amakuru yatangajwe avuga ko umuhanzi Diamond Platnumz ashobora kuba yirukanye uwari ushinzwe kumurindira umutekano uzwi nka Mwarabu Fighter, ubu yamaze kubona undi musore w’ibigango uzajya...
23 October 2018 Yasuwe: 4154 0

Iyi niyo myitwarire izakubwira inkumi y’ubu yigize umukuzi w’amenyo ’gold digger’

Ikibazo cy’abakobwa bakunda ibintu ku buryo burenze ubukenewe (abo bita abakuzi b’amenyo) gikomeje kuba inkeke mu basore batari bake, uretse ko nk’uko dukunze kubivuga hari abasore bamwe babyitwaza...
22 October 2018 Yasuwe: 4575 0

Ibi nibyo bintu bitangaje biza ku isonga mu bitera abantu ubwoba muri iyi minsi

Ubwoba bushobora gutuma umuntu agana mu icuraburindi bitewe no kwihutira cyangwa gutinda gufata icyemezo nyacyo mu gihe gikwiye, ariko uhangana nabwo akabunesha ni we ufatwa nk’intwari mu rugendo.
22 October 2018 Yasuwe: 3288 0

Nawe ihere ijisho ibintu 10 byerekana itandukaniro riri hagati y’abakene n’abakire

Ibitekerezo by’abahanga byemeza ko abantu bagira imitekerereze itandukanye. Iyo bigeze mu rwego rw’ubukungu, imitekerereze y’abakire itandukanye n’imitekerereze y’abakene ndetse n’imyumvire yabo...
22 October 2018 Yasuwe: 4150 2

Ibi nibyo bintu 10 by’ingenzi ku basore b’iki gihe bibafasha gukurura inkumi zikanjyaho

Abagabo ni bamwe mubantu batagorana ndetse bataruhanya, kuribo iyo bagiye guhitamo umukobwa bakundana bo usanga batareba ibintu byinshi, kuba umukobwa asa neza umurebeye inyuma ndetse anafite...
22 October 2018 Yasuwe: 3531 0

Depite arashinjwa gushaka kwica Perezida Nkurunziza’ n’abandi bayobozi bakuru

Mu gihugu cy’Uburundi umudepite witwa Pierre-Célestin Ndikumana ararengwa gucura umugambi mubisha wo kwica bamwe m ubayobozi bakuru b’igihugu barimo na Perezida wiki gihugu.
22 October 2018 Yasuwe: 1189 0

Wema Sepetu yasubije abamwibasiye kubera kugaragaza umukunzi we mu bikorwa biteye isoni[AMAFOTO]

Wema Sepetu wamamaye muri sinema ya Bongo muri Tanzania, yasubije abamwibasiye bamushinja kugaragaza nabi umukunzi we ku mbuga nkoranya mbaga bavuga ko yamugaragaje mu bikorwa biteye isoni.
22 October 2018 Yasuwe: 2578 0

Ihere ijisho uduce 10 two mu mujyi wa Kigali dufite akajagari n’umwanda ukabije[AMAFOTO]

Nubwo umujyi wa Kigali uza ku isonga mu mijyi myiza yo muri Afurika,usanga hari uduce twinshi tugikeneye izindi mbaraga kugira ngo umwanda ukabije n’akajagari bibe amateka.
22 October 2018 Yasuwe: 3928 2

Ibi nibyo ibintu 10 buri wese akwiye kumenya byamufasha mu gihe ahuye n’ibibazo bimukomereye

Mu buzima tunjya duhura n’ibibazo bitandukanye, rimwe na rimwe ingaruka n’inkurikizi zabyo bigaterwa n’uko twabyitwayemo ndetse n’ingamba twafashe nyuma yo guhura n’ibyo bibazo. Ibi rero ni bimwe...
21 October 2018 Yasuwe: 3973 0

Niba uri umusore sobanukirwa ibi bintu uko ari 15 ku bakobwa b’iki gihe

Burya n’ubwo ngo abantu bose ku isi badashimishwa n’ibintu bimwe, hari ibintu abakobwa bahuriraho, bemeza ko bibashimisha iyo babikorewe n’abakunzi babo. Reka tugerageze kumva 15 muri byo.
21 October 2018 Yasuwe: 4485 0