skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba amafoto y’ abakobwa bagiye guhangana n’Umunyarwandakazi muri Miss Supranational 2018

Ni ku nshuro ya cumi aya marushanwa y’ubwiza ari muyakomeye ku Isi agiye kuba, bikaba inshuro ya munani u Rwanda ruzaba ruyitabiriye.
13 October 2018 Yasuwe: 1255 0

Ubwiza bw’ umukobwa yambitswe ikamba ry’uhiga abandi bukomeje kuvugisha benshi [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Kára McCullough niwe wambitswe ikamba ry’umukobwa uhiga abandi mu bwiza n’ibindi bigenderwaho ngo hatorwe nyampinga wa leta zunze ubumwe za Amerika wa 2017.
12 October 2018 Yasuwe: 3603 0

Mu mafoto reba uburyo 5 bugezweho budafite ibikabyo umusore cyangwa inkumi bibana bashobora gusasamo uburiri[AMAFOTO]

Muri iyi minsi abakobwa cyangwa se abahungu bibana bafite uburyo bugezweho bwo gusasa uburiri bwabo badashyizeho ibikabyo bigasa neza cyane kurenza uburiri butatse ho imiteguro myinshi banavuga ko...
12 October 2018 Yasuwe: 6722 0

Mu Gitondo cy’uyu munsi inkangu ikomeye yahitanye abantu bagera kuri 40

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, abantu bagera kuri 40 bemejwe ko bishwe n’inkangu ikomeye yibasiye agace ka Bukalasi gaherereye mu karere ka Bududa y’Iburasirazuba, ho muri Uganda.
12 October 2018 Yasuwe: 3899 0

RUBAVU:Reba umusore uvugirwamo n’ibisimba birimo ingurube n’injangwe [AMAFOTO]

Umusore w’imyaka 31, uvuka mu Karere ka Rubavu, atangaza benshi bitewe n’uko ibisimba birimo ingurube n’injangwe bimuvugira mu nda ariko yagarura ubuyanja agasaba amafaranga ibihumbi bitanu yita ko...
12 October 2018 Yasuwe: 4004 0

Reba igitsina cy’umugabo abagore bakunda uko kiba kireshya

Waba ubeshye uvuze ko uri umugabo utaragira ikibazo wibaza ku gitsina cyawe, hari bamwe bagira ibitsina bigufi ndetse bikabatera n’ipfunwe batekereza ko batazashimisha abagore babo uko bikwiye ,...
12 October 2018 Yasuwe: 29530 1

Aya niyo mayeri yafasha umusore udafite amafaranga gutereta inkumi y’uburanga akayemeza

Ikibazo gikunda kubangamira abasore benshi mu gutereta no kureshya abakobwa ni ukuba umufuka wabo udahagaze neza. Kuba ikofi y’umusore itarangwamo inoti zifatika, kuri konti ntacyibereyeho bimubera...
11 October 2018 Yasuwe: 3554 2

Dore ibyo abagore banga ku gutera akabariro ariko bakanga kubibwira abagabo babo

Abagore n’abakobwa hari ibintu byinshi usanga batekereza ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsinda. Ibyinshi muri byo ni ibibabangamira ariko bagakunda kuryumaho ntibabivuge kubera impamvu zinyuranye...
11 October 2018 Yasuwe: 7961 0

Rubavu: Umugabo yatangaje ko amaze kurya imbwa 32

Mu gace kitwa Ubugoyi (Rubavu) abahatuye bavuga ko bamaze igihe barya inyama ry’itungo ririnda urugo, kandi ngo nyuma yo kuzirya bemeza ko inyama zaryo zifite ibanga. Dr Bitwayiki inzobere mu...
11 October 2018 Yasuwe: 2240 2

Izi nizo turufu ziza ku isonga ku bakobwa muri iyi minsi mu gukurura abasore cyane

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa bakundana.
11 October 2018 Yasuwe: 15306 0