skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Polisi yaguye gitumo Pasiteri n’abagore 7 barimo basenga bose bambaye ubusa hose

Ku wa kabiri w’iki cyumweru Polisi y’igihugu muri Uganda yataye muri yombi umugabo w’Umuvugabutumwa basanze asengana n’abagore barindwi bose bambaye ubusa.
4 October 2018 Yasuwe: 10001 2

Amafoto Yaciye ibintu:Imyambarire n’ubuzima by’abatuye mu ishyamba rya Amazon bikomeje gutangaza benshi

Abantu benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje gutangarira ubuzima bw’abantu batuye mu ishyamba ribarizwa mu gihugu cya Bresil rizwi nka ’Amazone’.
4 October 2018 Yasuwe: 7480 1

Umuntu waguye ku isi ufite amababa usa na Malayika akomeje guteza ururondogoro hirya no hino ku isi[AMAFOTO]

Ibi bintu bitamenyerewe na gato byabereye mu gihugu cy’ubwongereza ubwo hagaragaraga malayika mwishusho isa niy’abantu abatari bake bagacika ururondogoro.
3 October 2018 Yasuwe: 13574 8

’Yarakomeretse murangije mwongeramo ibikomere’Past. Rutayisire avuga kuri Gitwaza

Umushumba wa Paruwasi ya Remera mu itorero ry’Abangirikani, Rev Dr Antoine Rutayisire yanenze abantu bibasiye Apôtre Dr Paul Gitwaza kuko yavuze ko mu Rwanda no muri Afurika nta muhanuzi umuruta...
3 October 2018 Yasuwe: 13542 1

Bishop Rugagi yatangaje ikintu cyamukuye ku bukene bwari bwaramwibasiye

Bishop Rugagi uyobora Redeemed Gospel Church yatangaje ko ubukene bwose n’inzara yahoranye yagiye kubishyingura ku Nkombo abinyujije mu isengesho yarangiza agasanga umushumba akamusengera...
3 October 2018 Yasuwe: 2337 1

ShaddyBoo wavuze ko atazi Igiswahili yongeye kwibasirwa bikomeye nyuma y’ibyo yanditse yifuriza Diamond isabukuru nziza...

Umunyamidelikazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda, Mbabazi Shadia wamamaye ku izina rya Shaddy Boo yongeye kwibasirwa nabatari bake nyuma yo kwandika igiswayire gikaze yifuriza...
2 October 2018 Yasuwe: 7351 1

Umuraperi nyarwanda Generous 44 na Mirabyo The Warren bari mu maboko ya Polisi[AMAFOTO]

Umuraperi nyarwanda Manzi Patrick uzwi ku izina rya Generous 44 na mugenzi we baririmbana mu itsinda rimwe rya Thug Nation Mirabyo The Warren bari mu maboko ya Polisi bashinjwa kunywa ibiyobyange.
2 October 2018 Yasuwe: 2700 0

HUYE:Ndayitegeye w’imyaka 25 agiye kurongora umukobwa asumba bikabije avuga ko ari Imana yamumweretse[AMAFOTO]

Umusore witwa Aron Ndayitegeye w’imyaka 25 y’amavuko n’uburebure bwa metero na santimetero 70 ahamya ko umukobwa bagiye gukorana ubukwe witwa Mukeshimana Josee w’imyaka 35 y’amavuko n’uburebure bwa...
1 October 2018 Yasuwe: 9346 2

Dore ubuhamya bwa Nyirinkwaya wabonye urukundo mu birara kurusha urwo abona mu bakirisitu

Nyirinkwaya Salomo wivuruguse mu byaha igihe kirekire akaza kubivanwamo n’imbaraga y’Imana avuga ko ubuzima bwo kunywa ibiyobyabwenge no gusambana buryoha ariko bikagutera ingaruka z’igihe kirekire...
1 October 2018 Yasuwe: 3090 3

ICYEGERANYO:Gusomana intandaro yo gusambana no gutwara inda ku badashobora kwihangana

Bamwe mu bategarugori n’abakobwa, bo mu Rwanda, cyane cyane abatuye mu mujyi wa Kigali, iyo muganiriye byimbitse bakubwira bemeza ko igikorwa cyo gusomana, cyagiye kigusha benshi b’intwari muribo...
1 October 2018 Yasuwe: 4582 2