skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Zari yise mukeba we Hamisa Mobetto indaya y’ inzererezi

Nyuma y’aho Zari Hassan atandukaniye na Diamond Platnumz, byavuzwe cyane mu bitangazamakuru hirya no hino ko Hamisa Mobetto yaba ari we wabaye intandaro y’iryo tandukana, Zari yandagaje Hamisa...
25 September 2018 Yasuwe: 3819 0

BNR yatangaje impamvu inoti za 500 zabuze n’izihari zikaba zishaje

Banki nkuru y’igihugu, BNR, yatangaje ko impamvu inoti za 500 Frw zabaye nkeya ku isoko ari uko ubusanzwe zihindurwa buri myaka itatu ariko ko inoti za 500Frw zaherukaga gushyirwa ku isoko mu...
25 September 2018 Yasuwe: 2697 0

Urutonde rw’indege zaburiwe irengero inyinshi ngo zaba zaratwawe n’ibivejuru[AMAFOTO]

Ubunini bw’indege n’ingano yayo ntiwatekereza ko ishobora kuzimira ikaburirwa irengero burundu, abayirimo nayo ubwayo ntibyongere kubonwa ukundi.
25 September 2018 Yasuwe: 4645 1

Sobanukirwa impamvu uwakoze filimi ya Titanic yari agiye kwiyahura ubwo yari arimo kuyikora [AMAFOTO]

Hashize imyaka igera kuri 21 filime ya Titanic isohotse, nyamara nubwo benshi mwayibonye kandi mukayikunda cyane, mu itegurwa n’ikorwa ryayo habayemo ibintu byinshi bidasanzwe bamwe batamenye.
25 September 2018 Yasuwe: 3425 0

Umukobwa ufite inkomoko yo muri Congo niwe uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Africa America[AMAFOTO]

Umukobwa witwa Christiane Jojo, ufite inkomoko muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ni we uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Africa America Pageants rizatangwa tariki ya...
25 September 2018 Yasuwe: 3647 2

Apotre Gitwaza ngo nta muhanuzi umuruta mu Rwanda no muri Afurika

Sinzi ko muri Iki gihugu.. Muri Afurika, hari umuhanuzi unduta. Birashoboka ko azaza ariko muri iki gihe ndiho ntimuzamubona”, aya ni amagambo ya Apotre Gitwaza ubwo yatangazaga ko nta muhanuzi...
25 September 2018 Yasuwe: 3434 2

Masamba,Makanyaga,Mariya Yohana na Sophia ucuranga inanga bagiye guhurira mu gitaramo kimwe[AMAFOTO]

Umuhanzi Mudandi Frank yateguye igitaramo yise “Inganzo yanjye” akaba avuga ko ari igitaramo cye azaba ahereyeho afata nk’ubukwe bwe bwa mbere.
24 September 2018 Yasuwe: 727 0

Irebere umukobwa ufite imyambarire n’imiterere bidasanzwe biri kuvugisha abagabo batari bake[AMAFOTO]

Irebere amwe mu mafoto y’umukobwa akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere ye idasanzwe.
24 September 2018 Yasuwe: 6744 1

Abakozi ba Bishop Rugagi wifitiye gahunda yo kugura indege bamaze amezi 8 badahembwa

Mu gihe inkuru ikomeje kuvugwa muruhando rw’iyobokamana mu Rwanda ariyo kuba Bishop Rugagi Innocent agiye ari mu mishinga yo kugura indege ye bwite ,Kuri T7 y’itorero uyu mukozi w’Imana ashumbye...
24 September 2018 Yasuwe: 2525 3

ISEKERE!Dore urutonde rw’amafoto asekeje cyane ku isi utarabona[AMAFOTO]

Muri iyi si hakunze kubonekamo ibintu byinshi biba bisekeje ndetse n’udukino dukorwa hagamijwe kugirango banyiri kudukoira bashimishe abantu ,utwo tuntu tuba dusekeje akenshi tugaragara nko...
23 September 2018 Yasuwe: 17349 0