Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye mu muziki nka ‘Bobi i Wine’ nyuma y’iminsi yari amaze ari kuvurirwa muri Amerika agiye gusubira muri Uganda. Polisi yo muri iki gihugu yamuhaye amabwiriza...
Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
Ku mpamvu zitandukanye, uzasanga umwe mu bakozi ba leta ahembwa muri za miliyoni buri kwezi maze undi ahabwe ibihumbi mirongo kandi uwo bakorera ari umwe, bahuje amasaha y’akazi n’ay’ibiruhuko...
Kampani ikomeye ku Isi mugukora ibinyobwa bidasindisha Coca-Cola kuri ubungu yatangaje ko iri gutegura gukora ikindi kinyobwa gishya gikozwe mu rumogi (Cannabis).
Hirya no hino ku isi, hari abantu bakomeye mu nzego zitandukanye kandi bafite ububasha ku mubare munini w’abatuye isi, haba mu bya Politiki, mu by’ubukungu, kuba bavuga rikijyana cyangwa ibindi...