skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Abakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Rtd. CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu batawe muri yombi

CSP Gashagaza yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, kurubu urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwatangaje ko abantu babiri bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho urupfu rwa CSP...
20 September 2018 Yasuwe: 15675 1

BIRABABAJE:Umugabo yafatanywe ibice 21 by’ibitsina by’abagore

Muri Afurika y’Epfo hatangijwe urubanza rw’umugabo ukomoka muri Danemark wafatanywe ibice 21 by’ibitsina by’abagore muri firigo, aho akurikiranyweho iyicarubozo.
20 September 2018 Yasuwe: 2889 0

Bobi Wine yahawe amabwiriza na Polisi ya Uganda agenerwa n’abarinzi

Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye mu muziki nka ‘Bobi i Wine’ nyuma y’iminsi yari amaze ari kuvurirwa muri Amerika agiye gusubira muri Uganda. Polisi yo muri iki gihugu yamuhaye amabwiriza...
20 September 2018 Yasuwe: 1622 0

Hagaragajwe urutonde rushya rw’abaperezida 10 bagendera mu indege zihenze ku isi nuko zigiye zirutana mu bizigize imbere...

Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
19 September 2018 Yasuwe: 5548 0

Sobanukirwa ibyo bagenderaho bagena imishahara y’abayobozi bashya mu Rwanda

Ku mpamvu zitandukanye, uzasanga umwe mu bakozi ba leta ahembwa muri za miliyoni buri kwezi maze undi ahabwe ibihumbi mirongo kandi uwo bakorera ari umwe, bahuje amasaha y’akazi n’ay’ibiruhuko...
19 September 2018 Yasuwe: 9959 3

Hagiye gukorwa ikinyobwa cya Coca-Cola irimo urumogi[AMAFOTO]

Kampani ikomeye ku Isi mugukora ibinyobwa bidasindisha Coca-Cola kuri ubungu yatangaje ko iri gutegura gukora ikindi kinyobwa gishya gikozwe mu rumogi (Cannabis).
19 September 2018 Yasuwe: 1737 0

Umutekano wakajijwe muri Uganda mbere y’uko Bobi Wine uri mu ndege ava muri Amerika ahagera aho ashobora no guhanishwa igihano...

Depite Robert Kyagulanyi[Bobi Wine] wari umaze ibyumweru birenga bibiri muri leta zunze ubumwe za Amerika aho yari yaragiye kwivuza ibikomere yatewe n’iyicarubozo yakorewe n’inzego z’umutekano za...
19 September 2018 Yasuwe: 3820 0

Hagaragajwe urutonde rushya rw’ibihugu 25 bifite igisirikare gikize kurusha ibindi ku isi[AMAFOTO]

Ubudahangarwa no gukomera kw’igihugu gushingira ku ngingo zirimo kugira umutungo kamere, ishoramari ariko bikaba akarusho iyo gifite igisirikare gikomeye cyatorejwe kurwana ku busugire bwacyo.
19 September 2018 Yasuwe: 5425 0

Mu mafoto reba urutonde rw’abantu 10 b’ibyamamare ku isi biganjemo ibyamamarekazi barwaye indwara zidakira[AMAFOTO]

Burya hari imvugo ikunze gukoreshwa ngo “amafaranga ntagura ibyishimo n’ubuzima” hari igihe twumva ibyamamare ukumva ko ibyabo bihora ari ibyishimo ariko siko bimeze kuko bamwe baba bibanira...
19 September 2018 Yasuwe: 6040 0

Dore abantu 10 b’ibikomerezwa bavuga rikijyana kurusha abandi ku isi[AMAFOTO]

Hirya no hino ku isi, hari abantu bakomeye mu nzego zitandukanye kandi bafite ububasha ku mubare munini w’abatuye isi, haba mu bya Politiki, mu by’ubukungu, kuba bavuga rikijyana cyangwa ibindi...
19 September 2018 Yasuwe: 4437 0