skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Dore uko watereta inkumi ukayemeza kandi muhuye bwa mbere mukubaka urukundo rugakomera

Hari abahungu bamwe na bamwe bijya bisa n’aho bibagora cyane kuba babasha kwiteretera umukobwa kandi akemera kuko hari n’abo usanga bavuga ngo bo ntibahiriwe no gukunda,ariko hari ubwo usanga...
15 September 2018 Yasuwe: 17803 5

Uwahoze ari umuyobozi w’umuryango wa Rayon Sports akanakora muri REG nawe ari mu bafunguwe ku mbabazi za Perezida Paul Kagame

Ku munsi w’ejo ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi imfungwa 2140 zujuje ibisabwa, byemezwa na Minisiteri y’Ubutabera mu itangazo yagejeje ku nama y’abaminisitiri...
15 September 2018 Yasuwe: 8521 0

’Ntawe nakwifuriza gufungwa atararongora’ Kizito Mihigo

Umuhanzi Kizito Mihigo warekuwe kuri uyu wa 15 Nzeli 2018 nyuma yo guhawa imbabazi na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko mu byo agiye gukora harimo gushaka umugore no gukomeza kuririmba...
15 September 2018 Yasuwe: 4454 0

U Bushinwa n’Uburusiya byishyize hamwe biri gukora imyitozo izamara icyumweru bitegura intambara idasanzwe[AMAFOTO]

Ingabo zirenga ibihumbi 303,000 z’Abarusiya n’Abashinwa bari mu myitozo y’intambara idasanzwe iri kubera mu Burusiya, izaba irimo ibikoresho bikomeye n’indege z’intambara zigera ku 1000.
15 September 2018 Yasuwe: 2632 0

Nyuma yo guterwa gapapu n’umunyarwandakazi,mushiki wa Diamond yatangaje ibyo yifuza ku mugabo wifuza kumurongora[AMAFOTO]

Mushiki wa Diamond Platnumz ari we Esma Platnumz yatangaje ko yiteguye kuba yajya mu rukundo rushya gusa ahamya ko atifuza umugabo wirwa mu mikino yo Ku mbuga nkoranyambaga.
15 September 2018 Yasuwe: 1896 0

Dore ibintu 5 by’ingenzi utari uzi utagakwiye kwibagirwa mu buzima bwawe bwa buri munsi

Biratangaje cyane uburyo hari ibintu by’ingirakamaro mu buzima bwacu bwa buri munsi usanga twirengagiza atari uko tutabizi ahubwo ari uko tubyibagirwa vuba. Icyegeranyo twakoze twifashishije...
14 September 2018 Yasuwe: 3628 0

Reba urutonde rw’ibintu 7 bisigaye bizonga cyane abakobwa mu rukundo

Umukobwa uwo ariwe wese iyo agiye mu rukundo aba asa n’utuye umutwaro wari umuremereye kuko aba yumva imibereho ye igiye guhindurwa n’uwo baba bakundanye cyane cyane iyo yamwihitiyemo.
14 September 2018 Yasuwe: 9191 0

Dore urutonde rw’abanyarwanda 7 babaye ibyamamare mu buryo budasobanutse n’ibyo bagiye bakora bigatuma bamamara[AMAFOTO]

Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
14 September 2018 Yasuwe: 5843 0

Dore urutonde rw’abakobwa 5 bakora ubusambanyi inshuro nyinshi kurusha abandi[AMAFOTO]

Aba ni abakobwa n’abagore bakunda gukora ubusambanyi inshuro nyinshi cyane kurusha abandi bagore ku isi kandi ku bagabo batandukanye.
14 September 2018 Yasuwe: 6209 1

Reba abantu bifotoreje Selfie ahantu hateye ubwoba harimo no ku nyamaswa z’inkazi[AMAFOTO]

Hirya no hino ku isi usanga abantu b’ingeri zitandukanye bakunze kwifotora amafoto ya Selfie kugira ngo boherereze inshuti zabo cyangwa se bayashyire ku mbuga nkoranyambaga.
14 September 2018 Yasuwe: 4741 0