Hari abahungu bamwe na bamwe bijya bisa n’aho bibagora cyane kuba babasha kwiteretera umukobwa kandi akemera kuko hari n’abo usanga bavuga ngo bo ntibahiriwe no gukunda,ariko hari ubwo usanga...
Ku munsi w’ejo ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi imfungwa 2140 zujuje ibisabwa, byemezwa na Minisiteri y’Ubutabera mu itangazo yagejeje ku nama y’abaminisitiri...
Umuhanzi Kizito Mihigo warekuwe kuri uyu wa 15 Nzeli 2018 nyuma yo guhawa imbabazi na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko mu byo agiye gukora harimo gushaka umugore no gukomeza kuririmba...
Ingabo zirenga ibihumbi 303,000 z’Abarusiya n’Abashinwa bari mu myitozo y’intambara idasanzwe iri kubera mu Burusiya, izaba irimo ibikoresho bikomeye n’indege z’intambara zigera ku 1000.
Mushiki wa Diamond Platnumz ari we Esma Platnumz yatangaje ko yiteguye kuba yajya mu rukundo rushya gusa ahamya ko atifuza umugabo wirwa mu mikino yo Ku mbuga nkoranyambaga.
Biratangaje cyane uburyo hari ibintu by’ingirakamaro mu buzima bwacu bwa buri munsi usanga twirengagiza atari uko tutabizi ahubwo ari uko tubyibagirwa vuba.
Icyegeranyo twakoze twifashishije...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Hirya no hino ku isi usanga abantu b’ingeri zitandukanye bakunze kwifotora amafoto ya Selfie kugira ngo boherereze inshuti zabo cyangwa se bayashyire ku mbuga nkoranyambaga.