skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba umugore wareze ababyeyi be abaziza ko bamubyaye ari mubi ashaka akayabo k’amamiliyoni y’impozamarira

Anabelle Jefferson w’imyaka 44 y’amavuko, akaba avuka muri Leta ya Calfornie muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, yareze ababyeyi be mu rukiko akaba abasaba amafaranga milioni 2 z’amadolari...
29 August 2018 Yasuwe: 4374 1

Umwana w’imyaka 3 yajyanywe mu bitaro azira ubusinzi

I Londres mu Bwongereza, umwana muto w’imyaka itatu gusa yajyanywe mu bitaro ngo avurwe, kubwo kwiyahuza inzoga nyinshi nk’uko abagenzuzi b’ibyo bitaro babitangarije ibiro ntaramakuru by’Abafaransa...
29 August 2018 Yasuwe: 2796 0

Rubyiruko namwe babyeyi reba uburyo wakwitwara igihe urakaye cyangwa hari ukurakaje bikakurinda izindi ngaruka zirenze

“Nakankamiye mukuru wanjye maze nkubita urugi n’umujinya mwinshi, ku buryo akuma kari inyuma y’urugi kahise gatobora urukuta. Aho hantu hacukutse hahoraga hanyibutsa ko ibyo nakoze byari...
28 August 2018 Yasuwe: 2432 1

Ihere ijisho nawe ububi bw’igikorwa cya Photoshoot cyabaye nk’icyorezo mu rubyiruko

Urubyiruko rutagira ingano rukomeje kwishora mu bikorwa bitari byiza, nyamara ababyeyi benshi ntago baba baziko ibyo abana babo barikiyemo bishobora kubakururira ingaruka zikomeye cyane.
28 August 2018 Yasuwe: 9145 0

Birangiye Wema Sepetu yerekanye umusore yiyeguriye mu rukundo acecekesha abibeshyaga ko ari Diamond[AMAFOTO]

Umunyamideli Wema Sepetu umwe mu byamamare bikomeye muri Tanzaniya wanahoze akundana na Diamond Platnumz yashyize hanze umusore basigaye bari mu bihe byiza by’urukundo ndetse amuhamiriza ko...
28 August 2018 Yasuwe: 3524 0

Gitwaza yanyomoje abanditse Bibiliya avuga ko Edeni iri muri Afurika

Apôtre Dr Paul Gitwaza yifashishije isomo riboneka mu Itangiriro 2:10-14 asobanura ko imigezi yari iri mu ngobyi ya Edeni ivugwa muri iri somo yose iboneka mu bihugu bya Afurika ariko ngo...
28 August 2018 Yasuwe: 4835 6

GASABO: Abaturage bahura n’ umuzimu w’ umuntu baziko yapfuye bagahungabana

Mu Karere ka Gasabo, umurenge wa Gikomero mu Kagari ka Gicaca haravugwa inkuru y’umuntu umaze igihe yarapfuye ndetse yaranashyinguwe ariko ngo abantu bagakomeza guhungabanywa no guhura na we kandi...
27 August 2018 Yasuwe: 5112 3

Umukunzi wa Anita Pendo yavuze impamvu yihutiye kumutera indi nda

Nizeyimana Alphonse uzwi ku izina rya Ndanda yahishuye impamvu yamuteye kongera kubyarana n’umukunzi we Anita Pendo, nta gihe kinini cyari gishize bibarutse imfura yabo yitwa Tiran.
27 August 2018 Yasuwe: 8501 0

Tom Close yavuze ko umufana ariwe uvamo umugore mwiza

Tom Close umwe mu bahanzi nyarwanda bamaze kubaka izina rikomeye muri uyu muziki, we nk’umuhanzi akaba n’umumbyeyi w’abana babiri abona ko umufana w’umuhanzi ari we uvamo n’umugore mwiza w’umuhanzi.
27 August 2018 Yasuwe: 4574 0

Bob Pro yahaye urwamenyo itsinda rya Dream Boys ryashishuye injyana na Beat by’indirimbo y’umuhanzi wo muri Tanzania uko...

Ndayambaje Emmanuel wamamaye nka Producer Bob Pro ufatwa nk’umuhanga mu bijyanye no gukorera abahanzi batandukanye indirimbo, yanenze bikomeye Dream Boys iherutse gushyira hanze indirimbo nshya,...
27 August 2018 Yasuwe: 1931 0