skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Jay Polly yemereye umugore we kumugurira amenyo 3 ya zahabu asimbura ayo yamukuye

Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly wari umaze iminsi ari mu maboko y’ubutabera ashinjwa gukubita no gukomeretsa umugorewe yamaze kurekurwa nyuma yo kumvikana n’umugore.
17 August 2018 Yasuwe: 3845 0

Ibyo Federasiyo ivuga ni ubujiji ngo bahagarike agasobanuye’Rocky Kirabiranya’

Mu minsi ishize nibwo Federation ya Sinema mu Rwanda yashyize hanze itangazo ryagenewe abanyamakuru n’izindi nzego zitandukanye, ryamagana filime zisobanuye mu Kinyarwanda bizwi nk’Agasobanuye....
17 August 2018 Yasuwe: 3687 4

Ifoto ya Rihanna ari kumwe n’umuhanzi w’umuraperi atambaye yavugshije imbaga y’abantu[IFOTO]

Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe...
17 August 2018 Yasuwe: 5499 1

Umugore wa Riderman yamubwiye amagambo adasanzwe yuzuyemo amarangamutima

Agasaro Farid Nadia na Gatsinzi Emery bamaze imyaka 3 basezeranye kubana akaramata ndetse kugeza ubu nta kibazo kiri mu rugo rwabo, ibi ni byo byateye Agasaro Nadia gutera imitoma umugabo we avuga...
17 August 2018 Yasuwe: 2250 0

Pasiteri yashatse gukora ibidasanzwe nk’ibya Yesu bimuviramo gupfa

Pasiteri mu gihugu cy’Afurika y’Epfo witwa Alfred Ndlovu aherutse kwicwa n’inzara nyuma yo gushaka kwiyiriza ubusa nkuko Yesu yabikoze iminsi 40 n’amajoro 40.
17 August 2018 Yasuwe: 4435 2

Sobanukirwa ubwiza bw’umugore ubwo aribwo unamenye ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi

Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo umugabo yagira ubuntu n’urugwiro, n’ubwo yamwenyurira abandi no kugerageza kwakira, ntacyo byamarira abashyitsi,...
17 August 2018 Yasuwe: 20700 4

Reba ibintu 7 biranga ubwiza bw’umubiri w’umugore

Ni kenshi mu muco nyarwanda bavuga ko ubwiza bw’umugore buterwa na nyir’ukumureba . Umunyarwanda aricara akagira ati, “ijisho ry’undi ntirikurebera umugeni”. Uburanga bw’umugore ni kimwe mu bintu...
17 August 2018 Yasuwe: 10268 1

Sobanukirwa n’imyaka abagore baryoherwamo imibonano mpuzabitsina

Abantu benshi bibwira ko ubuzima bw’imyororokere no gukora imibonano mpuzabitsina biryohera cyane urubyiruko by’umwihariko abafite hagati y’imyaka 20 na 30 kuko akenshi aribwo batangira guhura...
17 August 2018 Yasuwe: 10889 2

Menya ubwoko bw’amajwi 7 asohorwa n’umubiri n’ubusobanuro bwayo

Umubiri usohora ubwoko butandukanye bw’amajwi n’urusaku, inshuro nyinshi biturutse ku miterere cyangwa se bikaba ari ibisanzwe bigaragaza ko umuntu ari muzima.
15 August 2018 Yasuwe: 3624 0

Reba ubusobanuro bw’inzozi 14 abantu bakunze guhuriraho harimo no kurota uvuza induru ukabura umwuka

Ubushakashatsi bwagaragajeko abantu bose barota, impamvu harimo abavuga ko batajya barota ni uko baba babyibagiwe naho ubundi umuntu wese ufite ubwonko ararota. Bamwe bavuga ko umuntu arota ibyo...
15 August 2018 Yasuwe: 11047 1