Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly wari umaze iminsi ari mu maboko y’ubutabera ashinjwa gukubita no gukomeretsa umugorewe yamaze kurekurwa nyuma yo kumvikana n’umugore.
Mu minsi ishize nibwo Federation ya Sinema mu Rwanda yashyize hanze itangazo ryagenewe abanyamakuru n’izindi nzego zitandukanye, ryamagana filime zisobanuye mu Kinyarwanda bizwi nk’Agasobanuye....
Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe...
Agasaro Farid Nadia na Gatsinzi Emery bamaze imyaka 3 basezeranye kubana akaramata ndetse kugeza ubu nta kibazo kiri mu rugo rwabo, ibi ni byo byateye Agasaro Nadia gutera imitoma umugabo we avuga...
Ni kenshi mu muco nyarwanda bavuga ko ubwiza bw’umugore buterwa na nyir’ukumureba . Umunyarwanda aricara akagira ati, “ijisho ry’undi ntirikurebera umugeni”. Uburanga bw’umugore ni kimwe mu bintu...
Umubiri usohora ubwoko butandukanye bw’amajwi n’urusaku, inshuro nyinshi biturutse ku miterere cyangwa se bikaba ari ibisanzwe bigaragaza ko umuntu ari muzima.