Igihembwe cya kabiri cy’itwita abahanga bacyise ukwezi kwa bucyi mu gutwita (la lune de miel de la grossesse), gitangira nyuma y’amezi abiri ya mbere aho umubyeyi w’ahazaza aba atagifite agaseseme...
"Siniteguye gukomeza kubaho gutya". Iri ni rimwe mu magambo usanga aza ku isonga cyangwa ribumbiyemo impamvu zo gutandukana ku bashakanye cyangwa abakundana muri rusange.
Mu gihe abantu batekereza urupfu nk’urugendo ruteye ubwoba kandi rubabaje, ubushakashatsi bwerekanye ko abiyumvamo ko bari hafi yo kurangiza ubuzima bwabo ku isi baba bishimye.