skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mu kwezi kwa buki abagore bongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Igihembwe cya kabiri cy’itwita abahanga bacyise ukwezi kwa bucyi mu gutwita (la lune de miel de la grossesse), gitangira nyuma y’amezi abiri ya mbere aho umubyeyi w’ahazaza aba atagifite agaseseme...
9 August 2018 Yasuwe: 1694 1

Dore ibintu biri gukurura abakobwa ku bahungu muri iyi minsi

Muri iki gihe bijya bibaho ko umusore umwe agira abakobwa barenze icumi bose bifuza kurongorwa nawe kandi wenda akeneyemo umwe gusa. Buri umwe wese aba akora ibishoboka byose ngo arebe uko...
9 August 2018 Yasuwe: 4560 0

Diamond yavuze amagambo ku muhungu we yabyaranye na Hamisa Mobetto yateye amarangamutima adasanzwe mu bafana be[AMAFOTO]

Ku munsi w’ejo tariki ya 08 Kanama 2018 nibwo umwana w’umuhanzi Diamond Platnumz yabyaranye n’umunyamideli Hamisa Mobetto, yujuje umwaka umwe amaze avutse ndetse uyu muhanzi akaba yaramuvuzeho...
9 August 2018 Yasuwe: 1940 0

Hagaragajwe impamvu zitangaje 18 abagore n’abagabo basigaye bitwaza iyo bashaka gutandukana n’abo bashakanye

"Siniteguye gukomeza kubaho gutya". Iri ni rimwe mu magambo usanga aza ku isonga cyangwa ribumbiyemo impamvu zo gutandukana ku bashakanye cyangwa abakundana muri rusange.
8 August 2018 Yasuwe: 3019 0

Sobanukirwa uburyo Bwo Kwirinda gutwita umaze gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye

Gufata imiti yo gutuma udasama mu gihe cy’amasha 72 ukoze imibonano mpuzabitsina byakurinda gusama .
8 August 2018 Yasuwe: 6311 2

Sobanukirwa no kubabara mu nda nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina

Kuribwa mu nda nyuma y’imibonanano mpuzabitsina bishobora kuba ibintu bidafite icyo bitwaye cyangwa bikaba uburwayi bw’imyanya ndangagitsina. Akenshi iyo bikabije bisaba kwihutira kujya kwa muganga...
8 August 2018 Yasuwe: 15301 2

SOBANUKIRWA:Ese nakora iki mu gihe bampatira gukora imibonano mpuzabitsina?

Ushobora kwibaza uti “ese mbyemere?” Ubundi se hari utabikora? Banza utekereze Icyo ugomba kumenya: Si ko buri wese abikora.
8 August 2018 Yasuwe: 1415 0

Sobanukirwa n’ibiribwa umukobwa yarya akagira amavagingo ’AMAZI’

Abagore bamwe usanga bahangayikishijwe no kutagira amavangingo ’amazi’ mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina. Ibi nibyo biribwa bishobora gufasha umugore ufite iki kibazo.
8 August 2018 Yasuwe: 5441 0

Anita Pendo yavuze amagambo adasanzwe ku muhungu we w’imfura[AMAFOTO]

Umunyamakuru akaba n’umushyushya birori(MC) Anita Pendo yongeye kugaragariza umwana we w’imfura urukundo rudasanzwe ndetse amubwira amagambo meza cyane,anogeye amatwi.
8 August 2018 Yasuwe: 3009 0

SOBANUKIRWA:Ese koko umuntu ugiye gupfa aba afite ibyishimo?

Mu gihe abantu batekereza urupfu nk’urugendo ruteye ubwoba kandi rubabaje, ubushakashatsi bwerekanye ko abiyumvamo ko bari hafi yo kurangiza ubuzima bwabo ku isi baba bishimye.
8 August 2018 Yasuwe: 1793 2