skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

BIRATANGAJE!Ku myaka 19 Tenisha yasambanye n’abagabo 19 ’UBUHAMYA’

Nitwa Tenisha Gainey, mu mwaka wa 2001 nibwo nari ndangije amashuri yisumbuye, ntangiye kaminuza, mu byukuri sinigeze ntekereza ko nakora umwuga w’uburaya, ariko nibyo byaje kumbaho.
3 August 2018 Yasuwe: 3281 0

AGASHYA!Mu mafoto reba umugore umwe w’imyaka 21 warongowe n’abagabo 5 bose babana munzu kandi arabakwira mu mibonano[AMAFOTO]

Umugore wo mugihugu cy’ubuhinde witwa Rajo Verma w’imyaka 21 y’amavuko ufite abagabo 5 ndetse n’abana 5 b’abo bagabo bose babana mu nzu imwe.Uyu mugore buri joro agomba kuryamana n’umugabo...
3 August 2018 Yasuwe: 5459 1

BIRATANGAJE!Amaze imyaka 49 abwiwe ko umwana we yapfuye akivuka none yamubonye akiri muzima[AMAFOTO]

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika , mu mujyi wa Missouri umugore w’imyaka 76 y’amavuko yabonye umwana we w’umukobwa akiri muzima , nyuma y’uko kwa muganga bamubwiye ko umwana we yapfuye akimara...
3 August 2018 Yasuwe: 3280 0

Ese kubabara mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina biterwa n’iki,wabyirinda ute?

Muri rusange, imibonano mpuzabitsina ni igihe cy’ibyishimo hagati y’abashakanye gusa rimwe na rimwe hari igihe icyo gihe cyiza kirogorwa n’uburibwe.
3 August 2018 Yasuwe: 19504 0

Dore ibizakwereka ingo zifite ikibazo mu buzima bw’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore

Muri iyi minsi hagaragara ingo nyinshi zifite ibibazo ndetse bivugwa ko umubare w’ingo zisenyuka ugenda wiyongera. Rimwe mu ipfundo rero ry’ibyo bibazo biba mu ngo ni imibonano mpuzabitsina...
3 August 2018 Yasuwe: 3101 0

Sobanukirwa n’iminota nyayo imibonano mpuzabitsina yakagombye kumara

Abashakashatsi bo muri kaminuza ya Behrend muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika bakoze ubushakashatsi ku bantu 50 mu gihe cy’imyaka 10, bababaza buri gihe uburyo banyurwa n’imibonano mpuzabitsina.
2 August 2018 Yasuwe: 8304 0

SOBANUKIRWA:Waba uzi impamvu ituma abagabo bashaka cyane gukora imibonano mpuzabitsina mugitondo abagore bakabishaka ku mugoroba?

Ni ikibazo gikunze kwibazwa impamvu usanga abagabo benshi babyuka bashaka gukora imibonano mpuzabitsina, ndetse n’utwana duto tw’uduhungu usanga mu gitondo ibitsina byahagurutse. Abagore bo ku...
2 August 2018 Yasuwe: 5371 0

Abanyamakuru b’imikino bagaragaje agahinda batewe no gusezera kwa Rutamu [AMAFOTO]

Nyuma y’uko inkuru yamaze kuba impamo ivuga ko Rutamu Elie Joe wakoreye amaradiyo atandukanye hano mu Rwanda, yamaze gusezera umwuga w’itangazamakuru yakoraga ku buryo bwa burundu, bagenzi be...
2 August 2018 Yasuwe: 3988 1

Rutamu wasezeye itangazamakuru burundu abitewe n’ikipe y’Igihugu cya Lionel Messi yageze mu mahanga agira ubutumwa agenera...

Nyuma y’iminsi mike Rutamu Elie Joe wari umunyamakuru kuri Radiyo one,atangaje ko yamaze gusezera burundu mu mwuga w’itangazamakuru kuri ubu uyu musore yagaragaye yibereye mu kindi gihugu cy’amahanga.
2 August 2018 Yasuwe: 5137 4

Sobanukirwa n’ibyiza byo gutaka mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina

Niba ushaka kwiterera akabariro, ariko ukagira ubwoba ko usakuza kuko utaka mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, witinya reba akamaro ko kugaragaza ibyishimo byawe mu gihe uri gukora imibonano.
1 August 2018 Yasuwe: 5123 0