Mu ntangiriro z’umwaka utaha Papa Francis arateganya gukorana inama n’abayobozi b’Inama z’Abepisikopi bazaturuka hirya no hino ku Isi kugirango baganire ku bibazo byugarije Kiliziya Gatolika...
Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
Inyubako ikoreramo Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ndetse akanayituramo we n’umuryango we, izwi nka ‘White House’ n’ubwo hari benshi bakunze kuyitiranya n’inzu yitwa ‘United States...