skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Jeanette Kagame yeseje undi muhigo muri Afurika ahabwa igihembo gikomeye[AMAFOTO]

Madamu Jeannette Kagame yahawe igihembo cy’umugore wabaye indashyikirwa muri Afurika, kubera uruhare rukomeye agira mu bikorwa bihindura ubuzima bw’abaturage, by’umwihariko abagore n’abana b’abakobwa.
30 September 2018 Yasuwe: 1324 0

Ubutumwa Aline Gahongayire na Israel Mbonyi batanze kuri Gitwaza ntibwakiriwe neza [AMAFOTO]

Mu gihe Abanyarwanda benshi cyane cyane urubyiruko bari bahugiye mu gutambutsa ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga banenga Apôtre Gitwaza ku magambo yavuze benshi bafashe nko kwishyira hejuru no...
28 September 2018 Yasuwe: 6181 4

Inshuti za Dj Bob na Deejay Deelex z’abateguriye ikirori kidasanzwe cyo kwizihiza isabukuru yabo y’amavuko[AMAFOTO]

Umusore wamenyekanye mu Rwanda nka Dj Bob na mugenzi we nawe umaze kumenyerwa mu kuvanga umuziki uzwi nka Deejay Deelex bateguriwe ikirori cyo kwizihiza isabukuru yabo y’amavuko n’inshuti zabo.
28 September 2018 Yasuwe: 792 0

City Radio yo mu Rwanda iri kuregwa ubwambuzi bwa miliyoni 20 z’amanyarwanda

Muri iyi minsi mu Rwanda havugwa ubushobozi buke mu bitangazamakuru, ibi bishobora gutuma bamwe mu banyamakuru bakora bizezwa kuzahembwa ariko amaso agahera mu kirere kugeza ubwo umunyamakuru...
28 September 2018 Yasuwe: 3283 0

Zafanti waciye agahigo ko kuryamana n’abagore 6000 yapfuye ari gukora imibonano mpuzabitsina[AMAFOTO]

Umugabo witwa Maurizio Zanfanti ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani wamenyekanye cyane kubera umubare munini w’abagore yaryamanye nabo yapfuye ari gutera akabariro n’umugore w’imyaka 23.
28 September 2018 Yasuwe: 5426 1

Abakirisitu 3 bicishijwe amabuye muri Kenya

Itsinda ry’Abayigizi ba nabi bo mu idini y’Abayisilamu bateye amabuye abakirisito batatu bo mu Burengerazuba bwa Kenya kugeza bapfuye, bisiga icyoba mu baturiye agace byabereyemo.
27 September 2018 Yasuwe: 3026 0

Bishop Masengo nawe ati ’Abagatolika baramutse bavuze ngo tubivuyemo mwareba ukuntu abasilamu baturigata’

Bishop Dr Fidèle Masego uyobora itorero Foursquare Gospel Church yanenze abantu bavuga nabi Kiliziya Gatolika abibutsa ko ari yo ifatiye runini ubukirisito ku isi yose ndetse ko Kiliziya Gatolika...
27 September 2018 Yasuwe: 4852 0

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Gicumbi ikoze impanuka y’imodoka

Ikipe ya Gicumbi FC imaze gukora impanuka ubwo yavaga mu karere ka Gicumbi iza mu mujyi wa Kigali aho yari ije gukinira umukino wa kamarampaka mu gushaka ugomba gusimbura Intare mu kiciro cya mbere.
27 September 2018 Yasuwe: 3043 0

Ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Zari byabereye mu Bwongereza byitabiriwe n’abantu 8 gusa[AMAFOTO]

Mu gihe bizwi ko Umunya-Uganda Zari Hassan akoresha ibirori by’agatangaza buri mwaka iyo yijihije isabukuru y’amavuko ye, uyu mwaka ho byari bitandukanye cyane.
27 September 2018 Yasuwe: 3684 0

Kubera agasuzuguro abakinnyi 12 ba Rayon Sports bagiye guhanwa

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nzeri 2018 nibwo abakinnyi ba Rayon Sports bageze ku kibuga cy’indege cya Kigali aho bageze bakakirwa n’abafana ndetse na bandi bayobozi, aho byari...
27 September 2018 Yasuwe: 7998 0