skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Yanguriye Telefone anshora mu busambanyi duhuriye mu rusengero none bambwira ko yanduye SIDA-ARAGISHA INAMA

Mugire Amahoro y’Imana bavandimwe , mbanje kubashimira inama mudahwema kugira abantu baba bahuye n’ibibazo by’ubuzima bitandukanye . Nitwa Kaneza Yvette ntuye mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa...
1 October 2018 Yasuwe: 8529 8

Reba amafoto ateye agahinda y’ibibera mu gace k’indiri y’ubusambanyi i Kandapara[AMAFOTO]

Mu gitabo cya kabiri cya Mose cyitwa Kuva [Iyimuka Misiri] harimo amategeko icumi Imana yahaye Abiyisiraheli, irya Gatandatu ribuza abakirisitu ‘Gusambana’, icyaha Nyagasani yanga urunuka.
1 October 2018 Yasuwe: 18088 5

Apôtre Masasu ngo agiye gushyira akayunguruzo ku rurimi rwe

Apôtre Joshua Ndagijimana Masasu uyobora itorero Evangelical Restoration Church aratangaza ko agiye gushyira umurinzi ku munwa we kubera ko abona u Rwanda ruri kumutera ubwoba.
1 October 2018 Yasuwe: 3477 1

KNC yanenze cyane Gitwaza maze urubuga rwe ruramuvuguruza rwerekana ibintu 15 bidasanzwe bigaragaza ko ari umuhanuzi ukomeye

Umuyobozi wa Radio 1 na TV1, Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC mu cyumweru gishize nibwo yanenze Umuyobozi wa Zion Temple, Dr Apotle Paul Gitwaza, nyuma yo kuvuga ko ari we mnuhanuzi uri hejuru...
1 October 2018 Yasuwe: 4560 3

Facebook y’umuhanuzi Nsabimana yinjiriwe n’umuntu utazwi maze yandika amagambo atari meza kuri Gitwaza

Prophet Nsabimana Bosco uyobora itorero rya Patmos of Faith yavuze ko hari umuntu wamwinjiriye mu mabanga y’urukuta rwe rwa Facebook akandika amagambo akomeye anenga Apôtre Dr Paul Gitwaza bitewe...
1 October 2018 Yasuwe: 946 0

Dore ibiranga umugore urimo kurangiza cyangwa ugiye kurangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Urubuga aufeminin.com, rugaragaza ko igihe cy’ imibonano mpuzabitsina, umugore ageza ibyishimo bye ku ndunduro nyuma y’ umunezero mwinshi aba yahawe n’ igikorwa cy’ imibonano, ibyo byishimo...
30 September 2018 Yasuwe: 50981 4

Dore ibizaguhamiriza ko ushimisha umugore wawe mu gihe cyo gutera akabariro

Ese wowe wibwira ko ujya witwara neza mu gihe cyo gutera akabariro n’uwo mwashakanye? Ni iki kibiguhamiriza se? Soma neza witonze izi ngingo zikurikira utaba wibeshyera kandi umugore wawe...
30 September 2018 Yasuwe: 7507 1

Hagaragajwe abantu 10 batangaje kubera imiterere yabo idasanzwe batuye ku isi[AMAFOTO]

Hari byinshi twumva cyangwa tubona tukagira ngo turimo kurota ariko burya, hari n’ibibaho.Nko mu bantu hari abantu wumva ko batabaho ugasanga babaho ndetse iyo ubabonye ushobora no kugira...
30 September 2018 Yasuwe: 6530 0

Umunyamakuru w’imikino Fuadi uzwi nka Papa w’abatoto yasezeranye n’inkumi bamaze imyaka 4 baziranye[AMAFOTO]

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nzeli 2018, ni bwo Uwihanganye Mwene Butare Fuade uzwi cyane nka Papa w’abatoto mu biganiro bya siporo kuri Tario/TV10, yahamirije umukunzi we Bilha urwo amukunda...
30 September 2018 Yasuwe: 3950 0

Ikirori cyo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Wema Sepetu cyitabiriwe mu buryo budasanzwe[AMAFOTO]

Ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Wema Sepetu yatumiyemo umukinnyi wa filime ukomeye wo muri Ghana , Van Vicker byitabiriwe n’abantu benshi birenze abo yari yateganyije.
30 September 2018 Yasuwe: 3366 0