Ahagana mu ma saha ya saa tanu z’amanywa ku itariki ya 4 Ukwakira 2018 ni bwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Mucyo Sabine, umugore wa Uwagaba Caleb wari umaze iminsi arembeye mu bitaro bikuru bya...
Muri iki gihe ubusambanyi bumaze gufata indi ntera hagati y’abasore n’abakobwa bitwaje urukundo, nyamara ibi ni inzaduka mu muco nyarwanda ntibyahozeho ndetse ababikoraga babafataga nk’abakoze...
Meya w’umujyi wa Dar es Salaam yahaye Diamond ubutaka muri uriya mujyi ku isabukuru y’uyu muhanzi ubwo yari yagiye kuyizihiza iwabo Tandale kugirango asangire n’abana baho ibyishimo anakora...
Uwagaba Joseph Caleb nyuma yo gupfusha umugore we Mucyo Sabine yasabye Imana kumuba hafi muri ibi bihe bimukomereye ahamya ko yizeye adashidikanya ko umugore we yapfuye ari umukiranutsi kandi ko...
Kuri uyu wa Gatandatu, mu irimbi rya Rusororo ho mu karere ka Gasabo habereye umuhango wo gushyingura Mucyo Sabine witabye Imana hashize amezi arindwi arushinganye n’umugabo we Caleb Uwagaba. Ni...
Nyuma y’urugendo umugore wa perezida wa Amarika Melania Trump yagiriye mu gihugu cya Ghana na Malawi,yageze no mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa kabiri tariki 2 Ukwakira 2018.
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yibarutse umwana wa kabiri ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 5 Ukwakira 2018 mu bitaro biherereye i Nyarutarama.