skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Inyogosho nshya y’umuraperikazi nyarwanda Young Grace yabaye inshobera mahanga[AMAFOTO]

Umuhanzikazi Nyarwanda wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop ufite amazina ya Abayizera Grace ariko uzwi ku izina rya Young Grace inyogosho yashyize ku mutwe we yabaye inshobera mahanga. Igishushanyo...
16 April 2018 Yasuwe: 8321 1

Agahinda ni kose kuri Zari wahariwe inshingano zo kurera abana yabyaranye na Diamond[AMAFOTO]

– Zari yahishuye icyamubabaje cyane kuri Diamond Platinumz nyuma yo gutandukana na we – Agahinda ni kose kuri Zari wahariwe inshingano zo kurera abana yabyaranye na Diamond – Zari yongeye kwikoma...
16 April 2018 Yasuwe: 4656 0

Umugore yabyaye umwana udasanzwe ukomeje gutera abantu benshi ubwoba[AMAFOTO]

– Umwana udasanzwe wavutse akomeje gukura umutima abatari bake – Abantu bose basabye amasengesho yo gusabira abagore batwite kubera ibikomeje kugaragara mu mpinja zivuka – Umugore yabyaye umwana...
16 April 2018 Yasuwe: 7389 1

Karrueche wakundanye igihe kinini na Chris Brown yagaragaye ari mu buryohe bw’urukundo n’umusore basigaye bakundana[AMAFOTO]

Karrueche Tran wamamaye cyane ubwo yakundanaga n’umuhanzi Chris Brown ariko nyuma bakazagutandukana, yafotowe ari kugirana ibihe byiza by’urukundo n’umukunzi we mushya Victor Cruz. Karrueche...
15 April 2018 Yasuwe: 3135 0

Wa muhanzi wa Gospel yongeye kwibasira Diamond akomoza no ku kayabo k’amafaranga amaze gutakaza atereta Zari

Umuhanzi ukora indirimbo zihimbaza Imana muri Kenya, uzwi ku izina rya Ringtone, yongeye kumvikana yibasira Diamond Platnumz ndetse ahishura ko amaze gutakaza amashilingi atari make kuri Zari...
15 April 2018 Yasuwe: 3379 0

Umuforomokazi yatawe muri yombi nyuma yo gutahura ko afata abakobwa bakabatera inda abana babyaye bakabagurisha

Umuforomokazi w’imyaka 37 y’amavuko witwa Kelechi Okamgba, yatawe muri yombi n’inzego za polisi, nyuma yo gutahura ko afata abakobwa bakiri bato, bakabatera inda yarangiza akabahisha ahantu kugera...
15 April 2018 Yasuwe: 6981 1

Ijambo Julius Malema yavugiye ku kiriyo cya Winnie Mandela ryatumye yitwa igihangage avugwa ibigwi n’ibyiza babona bimurimo

Ijambo Julius Malema yavugiye mu kiriyo cyo gusezera mu cyubahiro nyakwigendera Winnie Mandela I Johannesburg, ahari hakoraniye imbaga y’abantu baturutse imihanda yose, ryakije umuriro hirya no...
14 April 2018 Yasuwe: 6690 1

Syria yashwanyurije mu kirere ibisasu 71 mu birenga 103 yarashweho

Nyuma y’igitero cyagabwe muri Siriya, kigabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu bifatanyije (Ubwongereza n’Ubufaransa) ku birindiro bikekwa ko bibitswemo intwaro z’ubumara muri Syria, u...
14 April 2018 Yasuwe: 6538 1

Umugore wishe abantu akanaroga nyina yirukanwe n’abaturage nyuma yo kumukubita bamwambuye ubusa[AMAFOTO]

Umugore ushinjwa n’abaturage kwica abaturanyi be abaroze bikanemezwa neza ko yiyiciye nyina umubyara na we amuroze, yirukanwe n’abaturage mu gace batuyemo nyuma yo kumurakarira bikabije no kwanga...
14 April 2018 Yasuwe: 8219 0

Ku myaka 81,reba umukecuru ukomeje gutangaza abantu benshi kubera impano idasanzwe afite[AMAFOTO]

Esther Mahlangu ni umukecuru w’imyaka 81 y’amavuko ukomoka mugihugu cya Afurika y’epfo, uyu mukecuru akomeje gutangaza benshi kubera imitako ashyira ku mazu n’amamodoka y’abakire. Esther ku...
14 April 2018 Yasuwe: 7884 1