Diamond Platnmuz yanditse amagambo akora ku mutima ashima umukunzi we w’ahahise Miss Wema Sepetu wegukanye ibihembo mu birori byahembewemo abitwaye neza mu gukina filimi ‘Our Movies’.
Miss Wema...
Umugabo witwa Batambarije Théogène wari waratorotse gereza ari kumwe na Ntamuhanga Cassien, yatawe muri yombi bigizwemo uruhare n’abaturage ubwo yari mu kabari k’ahitwa mu Miyove mu Karere ka...
Mark Zuckerberg n’ubwo ari mu baherwe bakomeye ku isi nawe hari ubwo rimwe na rimwe akora ibintu bisanzwe nk’iby’abantu boroheje cyane ,nk’igihe yafotorwaga arimo akuraho umwanda w’imbwa ye....
Diamond Platnumz umugabo w’abana babiri yabyaranye n’uwari umugore we bakaza gutandukana Zari Hassan, aherutse kugaragaza urukundo hagati ye na Hamisa Mobeto ubwo bari bari ku rubyiniro ubwo...