skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mu mafoto reba ibyamamarekazi byo mu Rwanda ushobora guhura nabyo munzira batisize ibirungo ukaba wabayoberwa bitewe nuko ubazi...

Muri iki gihe ikoranabuhanga rigeze kure cyane,gusa aha tukaba tugiye kwivugira ku mafoto cyane cyane ashyirwa hanze n’ibyamamarekazi bitandukanye bya hano mu Rwanda aho ku mafoto bafite ubwiza...
6 October 2017 Yasuwe: 15818 1

Ifoto The Ben yashyize hanze yatumye umwe mu bafana be amusaba urukundo(AMAFOTO)

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku mazina ya The Ben akaba numwe mu bahanzi nyarwanda bakunzwe hano mu Rwanda ndetse no hirya no hino ku isi kubera indirimbo ze zikomeje kuryohera abafana kubwinshi,...
6 October 2017 Yasuwe: 6005 4

Nizzo akomeje kwibasirwa n’abakunzi b’itsinda rya Urban Boys(AMAFOTO)

Safi wibereye mu kwezi kwa buki n’umufasha we Judith akomeje gusangiza abakunzi be amafoto atandukanye agaragaza uburyo amerewe aho ari kuruhukira, Kuri ubu ifoto yashyize hanze yavugishije abantu...
6 October 2017 Yasuwe: 4558 0

Mu mafoto reba inzu 10 nziza kandi zihenze kurusha izindi muri Afurika abakuru b’ibihugu bakoreramo

Ibihugu 10 bifite inzu nziza abakuru b’ibihugu bakoreramo (Presidence) usanga ari mu bihugu bidakunze kuvugwamo intambara cya ngwa umwiryane wa hato na hato. Dore uko zikurikirana 10. Uganda...
6 October 2017 Yasuwe: 12785 1

Reba umwana udasanzwe wari umukobwa nyuma ahindurirwa igitsina abifashijwemo na Mama we(AMAFOTO)

Umubyeyi witwa Mienna wo mu mujyi wa St Albans mu gihugu cy’Ubwongereza yafashije umwana we wavutse ari umukobwa kumuhindurira igitsina agirwa umuhungu nk’uko uyu mwana we yabyifuzaga. Mienna...
6 October 2017 Yasuwe: 16301 8

Mu mafoto reba mwana wavutse atagira isura abaganga bakavuga ko azahita apfa agejeje imyaka 9

Burya koko ngo Imana niyo igena, ndetse ngo iyakaremye niyo ikamena. N’ubwo babwiwe n’abaganga ko bagomba kwitegura gushyingura umwana wabo Vitória Marchioli akivuka kuko ngo atari kubaho aba...
11 September 2017 Yasuwe: 4256 0

Tekno yavuze ko nta Muziki wo mu Rwanda azi agira nicyo yisabira abategura ibitaramo AMAFOTO)

Umuhanzi Tekno Miles wari utegerejwe n’abanyarwanda batari bake yasesekaye mu Rwanda mu masaha ya ni mugoroba aho yar aje gutaramira abanyarwanda, mbere yaho yabanje guhura n’itangazamakuru maze...
11 September 2017 Yasuwe: 6892 3

Indaya zakoze imibonano mpuzabitsina ku buntu n’abantu bashyinguraga umukiriya wazo-AMAFOTO

Indaya zicuruza mu karere ka Mbale mu gihugu cya Zimbabwe zakoze agashya kadasanzwe katamenyerewe mu bihe bikomeye abantu babuze uwabo ubwo ziyemezaga gukorana imibonano mpuzabitsina n’abantu bari...
10 September 2017 Yasuwe: 31656 3

Umupasiteri yarwanye n’umusazi ageragezaga kumuhagaritsa ngo amusengere-AMAFOTO

Umugabo bavuga ko ari umuntu w’Imana mu gace ka Lokoja muri Nigeria yahuye n’uruva gusenya ubwo yageragezaga gushaka gusengera umurwayi wo mu mutwe, uwo murwayi akamukubita bakarwana kakahava...
9 September 2017 Yasuwe: 8360 0

Ray C yabyinishije abasore abanje kubambura ,Marina agaragaza imiterere y’amabere ye -AMAFOTO

Umuhanzikazi wigeze kukanyuzaho mu gihugu cya Tanzania no mu karere duherereyemo muri rusange Ray C yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Kigali ari kumwe n’umuhanzikazi nyarwanda Marina, byari udushya...
9 September 2017 Yasuwe: 7958 1