Ubukwe bwa Chris CM. na Yvone bwahereye kuri uyu wa gatanu w’icyumwe gishize kugeza kuwa mbere muri Amerika hari higanje Abanyarwanda bari bitabiriye ubukwe bwa Chris CM. na Yvonne. Henshi mu nzu...
Polisi y’igihugu yatangaje ko Diane Rwigara n’abo mu muryango we babajijwe ibibazo ku byaha bakurikiranyweho n’urwego rw’ubugenzacyaha (CID), birangiye basubizwa mu rugo rwabo mu Kiyovu.
Mu...
Mu mugi wa Kampala harabarurwa abagore bagera kuri 20 bamaze kwicwa mu byumweru bike bishize, Police ikaba itangaza ko abari inyuma y’ubu bwicanyi ari abacuruzi baba bashaka amaraso y’aba bagore...
Umuhanzi akaba n’ umunyamakuru hakiyongeraho ko ari n’ umushyushya rugamba wabigize umwuga (Mc Tino) Benshi Baziho no gusetsa cyane, mu ijro ryo kuri uyu wa gatanu taliki 1 Nzeri 2017,yakoze...
Nyuma yo kubaho ubuzima bw’amakuba kw’isi, igihe cyarageze burarangira nitaba Imana. Ikintu cya mbere nibuka ni uko nisanze nicaye ku ntebe mu cyumba bategererezamo gisa n’icyumba cy’urukiko....