Rutahizamu w’ikipe ya APR FC akaba na rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’U Rwanda Amavubi, Byiringiro Lague, yavuze ku bijyanye no gukora ubukwe n’umukunzi we anagenera ubutumwa umunyamakuru KNC wavuze...
Ku munsi w’ejo tariki ya 31 Werurwe 2021 nibwo hari isabukuru y’amavuko ya Uwamwezi Nadege uzwi ku izina rya Nana muri filime y’uruhererekane ya city maid.
Mu Murenge wa Kimisagara, ahagana mu ma saa yine z’amanywa zo kuri uyu wa Gatatu, hafatiwe abaturage 41 bari bacucitse mu nzu y’umuntu basenga, banarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid19.