Igitambaro cya kapiteni Cristiano Ronaldo yataye mu kibuga ku wa Gatandatu mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022, Portugal yanganyijemo na Serbia ibitego 2-2, kigiye gucungura...
Ubusuwisi bugiye kwemerera abagore n’abakobwa binjira mu gisirikare kwambara amakariso y’abagore ku nshuro ya mbere mu mateka y’iki gihugu, mu muhate wo kongera umubare wabo mu ngabo, nkuko...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’U Rwanda Amavubi yavuze kuri Kwizera Olivier wahawe ikarita itukura ku munsi w’ejo mu mukino wahuzaga ikipe y’U Rwanda n’ikipe ya Cameroon. Tubibutse ko iyi karita itukura...
Ku munsi w’ejo nibwo umuzamu Kwizera Olivier yahawe ikarita y’umutuku ubwo yari asigaranye na Rutahizamu wa Cameroon wenyine agasohoka hakagaragara ko yamukandangiye.
Mu ijambo Barack Obama wabaye Perezida wa America yageneye Nyirakuru wapfuye azize uburwayi, yavuze ko atazamwibagirwa ko inkuru yamubwiye zamufashije kumenya neza inkomoko ye kuko Se yari...