Imyaka 12 amaze mu muziki, umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ntiyigeze yumvikana kenshi mu nkuru z’urukundo; gusa hari abakobwa b’ikimero batandukanye bagiye bavugwa mu rukundo nawe...
Ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko umubano wa Rihanna n’umuraperi A$AP Rocky umeze neza, ibi bije nyuma y’amezi macye ashije bivugwa ko aba bombi baba bakundana. Magingo aya Rihanna cyangwa...
Abakobwa n’abagore ubwiza ni kimwe mu bintu baha agaciro cyane. Ushaka kuba umwanzi n’umugore/umukobwa,wamubwira ko ari mubi. Ariheba,bikamutera ikibazo ndetse agatangira kumva abangamiwe.
Robert Kyagulanyi Sentamu uzwi ku izina rya Depite Bobi Wine yanditse ibaruwa isusurutsa umutima wa Producer we, Daniel Oyerwot uzwi ku izina rya Sir Dan Magic wakomerekejwe cyane n’amasasu...