Pierre Buyoya wahoze ari Perezida w’u Burundi, kuri ubu akaba yari intumwa ya Afurika Yunze Ubumwe (AU) muri Mali na Sahel, yatangaje impamvu aherutse gufata icyemezo cyo kwegura ku murimo yari...
Bobi Wine uri guhatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu yaraye abujijwe n’inzego z’umutekano kwinjira muri hotel yagombaga kuraramo, afata umwanzuro wo kurara hanze mu modoka we n’abamushyigikiye.
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben, yerekeje muri Tanzania mu gihe hari amakuru avuga ko yasanzeyo umukobwa bakundana, Uwicyeza Pamela, umaze iminsi muri icyo gihugu.
Kuvuga ko yari anogeye ijisho kumureba arimo akina, ntabwo bisobanura neza uko yakinaga.Diego Maradona yari intyoza mu mupira w’amaguru, akaba n’umuntu utavugwaho rumwe hanze y’ikibuga.