Umuraperikazi Abayizera Grace uzwi nka Young Grace, ari mubyishimo bidasanzwe kubw’umukobwa we wujuje amezi 15 avutse.Young Grace yibarutse umwana we w’imfura mu kwezi kwa 8 muri 2019.
Umugabo witwa Bakundukize w’imyaka 41 y’amavuko, ari mu maboko y’ Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Post ya Gatsata, akekwaho gusambanya umubyeyi we w’imyaka 65.
Ku ya 21 Ukwakira 1833, umwana w’umuhungu yavukiye mu muryango uherereye I Stockholm muri Suwede’ umuhanga, uzwi cyane, umuvumbuzi , umucuruzi akaba ari nawe washyizeho ibihembo bya Nobel. Se yari...
Umuhanzi Bruce Melodie uherutse kunengwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, hari ubutumwa yamugeneye naho kuri Pasteri Zigirinshuti ngo yaravangiwe.
Uwahoze ari umukuru w’inyeshyamba muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yakatiwe gufungwa burundu kubera ibyaha byibasira inyokomuntu, birimo no gufata abagore ku ngufu mu kivunge.
Priyanka Chopra yavutse ku ya 18 Nyakanga 1982 i Jamshedpur, muri Bihar (muri iki gihe Jharkhand), . Se yari Umuhindu ukomoka muri Ambala. Nyina Madhu Chopra akomoka muri Jharkhand, ni umukobwa...
Umuhanzi akaba na Producer Dj Zizou Al Pacino washinze MonsterRecords ari mu gahinda gakomeye, nyuma y’uko imodoka ye yo mu bwoko bwa Mazda ifite agaciro ka Miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda ihiye.