skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Ragga Dee nyuma y’imyaka 2 agizwe ambasaderi agiye gukorera igitaramo i Kigali

Ragga Dee wagizwe ambasaderi w’ wa Uganda mu Burundi ategerejwe i Kigali mu gitaramo cy’ urwenya kizaba taliki ya 1 Nyakanga 2018.
27 June 2018 Yasuwe: 674 0

Bebe Cool ukunzwe muri Uganda yasesekaye mu Rwanda [AMAFOTO]

Umuhanzi Bebe Cool umwe mu bakunzwe muri Uganda yageze mu Rwanda aho azifatanya n’abafana be mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction kizaba kuri uyu wa Garanu taliki ya 30 Kamena 2018.
27 June 2018 Yasuwe: 916 0

Ibyo utazi ku musore waciye agahigo ku isi ko kujyendera muri buri ndege nshya harimo nizo mu Rwanda

Alex Macheras, Umwongereza w’imyaka 19 ni umwe mu bamaze kubaka izina mu kugenda bwa mbere mu ndege nshya ndetse yanabaye uwa mbere muza RwandAir.
27 June 2018 Yasuwe: 2472 0

Dore amagambo y’agahebuzo wabwira umukunzi wawe akaba yaguha ibye byose

. Imitoma ihebuje wabwira umukunzi wawe . Amagambo y’agahebuzo wabwira umukobwa mukundana akumvako na wundi wamuruta mu buzima bwawe
27 June 2018 Yasuwe: 99702 19

Umwana muto ufite umutwe munini cyane akomeje gutera agahinda abatari bake anasabirwa inkunga

. Umwana wavukanye umutwe udasanzwe ari guhabwa ubufasha ngo abe yajyanwa kwa muganga ngo avurwe indwara yamwibasiye ituma umutwe ubyimba umunsi ku munsi .
27 June 2018 Yasuwe: 2355 1

Ciney ugiye kuzuza umwaka akoze ubukwe atwite inda y’ imvutsi

Ciney utwite inda y’imvutsi yatangaje ko azibaruka Imfura ye mbere yuko uyu mwaka urangira.
27 June 2018 Yasuwe: 1836 0

Pasiteri wishe umukobwa akamuhamba mu rusengero yavuze imigenzo iteye isoni bamukoreyeho (AMAFOTO)

• Umupasiteri yishe umukobwa, ibice by’umubiri we abitaba mu rusengero • Umupasiteri wishe umukobwa akamuhamba mu rusengero yasobanuye uko banamusambanyije ku ngufu ndetse bakamucamo ibice...
27 June 2018 Yasuwe: 2104 1

Umugabo kubera kudatera akabariro umugore we yamumenyeho amazi yabize [AMAFOTO]

Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’umugabo yasutsweho amazi ashyushye n’umugore we amuziza ko atamuterera akabariro neza .
26 June 2018 Yasuwe: 3003 0

Amafoto yaciye ibintu: Mu gitaramo cyiswe Bride and Groom kitabiriwe n’abakobwa bambaye amakariso n’amasutiye

Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo abakobwa biyambitse amakariso ndetse n’amasutiye mu gitaramo kiswe Bride and Groom ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ,umugabo ugaburira abantu inyama...
26 June 2018 Yasuwe: 6658 0

Huddah Monroe ngo kubera ubwiza afite yumva yagenda mu nzira yambaye uko yavutse

Umunyamidelikazi Monroe yavuze ko kubera uburanga bwe Imana yamuhaye yumva yagenda mu muhanda yambaye uko yavutse kuko ateye neza kandi akundwa n’umubare munini wiganjemo igitsina gabo.
26 June 2018 Yasuwe: 2596 0