Melissa yavuze ko Christopher ntadatwara PGGSS 8 azamenya ko iri rushanwa ntabutabera bubamo ndetse yongeraho ko atakongera kujya kureba ibitaramo byaryo kubera ko kubera ko ntacyo azaba agiye...
Shaddy Boo, umugore w’umunyabirori uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda ndetse na Senderi International Hits bataramiweho biratinda kubera udushya bazwiho turimo imvugo ya Odeur ya Ocean...
Mu gihe tugezemo bamwe baharaye cyane ibijyanye no kwifotoza gusa hari bamwe bagorwa no gufata amafoto kandi rimwe na rimwe baba bafite ibikoresho bigezweho kandi bifata amafoto asa neza ku buryo...