Ni kenshi wumva abantu bavuga ko abantu runaka bashakanye bataberanye hashingiwe ku buranga bwabo bakabifata nk’aho hari uwahenze undi ubushakashatsi bwagaragaje ko ibi bishobora kubatandukanya...
Miss Umuhoza Sharifa yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi Niyonteze Thierry mu muhango wabereye mu biro by’Umurenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabowe kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Nyakanga 2018.
Usibye kuba Neymar Jnr ari umwe mu bakinnyi beza bari bahanzwe amaso mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya, uyu mukinnyi amaze no kugaragaza indi sura idasanzwe aho amaze kuvugisha benshi mu...