skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Dore ibintu abasore barimo kwirinda mu rwego rwo kutagwa mu mitego y’abakobwa b’inshuti z’umukunzi we

Hari amakosa umusore agomba kwirinda gukora igihe cyose ari kumwe n’inshuti z’umukobwa bakundana, kuko hari igihe ibikorwa runaka ashobora gukora cyangwa kubakorera bihobora kumuviramo gutandukana...
10 July 2018 Yasuwe: 3437 0

Nubona ibi bimenyetso 7 mu rugo rwawe uzamenye ko rugiye gusenyuka

Bamwe mu b’igitsina gore cyangwa igitsina gabo bakunze kurangwa no gushuka abo bakundana cyangwa bashakanye bagamije kugenzura ibitekerezo byabo no kubigarurira.
10 July 2018 Yasuwe: 2900 0

Hagaragaye impinduka zidasanzwe mu gitaramo cya nyuma cya PGGSS 8 harimo no guhindura aho cyari gisanzwe kibera

Mu mpinduka zizagaragara mu gitaramo cya nyuma cya PGGSS 8 harimo nko kuba iki gitaramo kizahindurirwa kikajyanwa ahasanzwe habera imuri kagurisha [Expo Ground] ikindi nuko uburyo abahanzi...
9 July 2018 Yasuwe: 2251 0

Uziko hari utuntu duto tudasaba amafaranga ushobora gukora umukunzi wawe akanezerwa cyane

.Ibintu by’ingenzi byagufasha gutuma urukundo rwawe rushinga imizi .Ibintu abakobwa bari mu rukundo bakunda gukorerwa .Ibintu bigaragaza umuhungu uzi gutereta inkumi
9 July 2018 Yasuwe: 10930 2

Amafoto yaciye ibintu :Umusore yafashwe yibye ategekwa kubyina isaha yose yambaye ikariso gusa

Amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga turasangamo agaragaza umusore wambuwe ubusa nyuma yo gufatwa yibye telephone ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga,pastier wirukanye umusore...
9 July 2018 Yasuwe: 3699 0

Birababaje! Pasiteri yirukanye ku ruhimbi umusore ufite ubumuga aho kumusengera

Umupasiteri witwa David Owuor uhagarariye itorero rya Holiness Ministries muri Kenya yirukanye ku ruhimbi umusore ufite ubumuga aho kumusengera ngo akire.
9 July 2018 Yasuwe: 1348 0

Rwatubyaye yavuze ikintu akundira Chelina bamaze amezi 6 bari mu rukundo

Rwatubyaye yavuze ko amaze amezi 6 akundana na Chelina gusa ko yamukundiye umutima mwiza agira ndetse n’imyitwarire myiza imuranga.
9 July 2018 Yasuwe: 3633 1

Ndiyizeye, Christopher bizarangira mutsinze –Bruce Melody

Bruce Melody yavuze ko guhangana na Christopher mu irushanwa rya PGGSS 8 bitoroshye gusa ko bizarangira amutsinze.
9 July 2018 Yasuwe: 780 0

Jordan Mushambokazi ku isabukuru y’amavuko ye yashakishije amarira arayabura

Jordan Mushambokazi witabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2018, ku isabukuru ye y’amavuko ubwo yaririmbirwaga n’umuhanzi Andy Bumuntu yabajijwe impamvu atarize nkuko abandi bakobwa...
9 July 2018 Yasuwe: 2991 0

Andy Bumuntu yatunguye umwe mubakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 [AMAFOTO]

Jordan Mushambokazi yatunguwe no kubona umuhanzi Andy Bumuntu amuririmbira ku munsi mukuru w’amavuko ye.
9 July 2018 Yasuwe: 2809 0