skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Asinah yasubije abantu bose bamwandagaje bavuga ko yaririmbye yambaye ubusa

Asinah yabasubije ababwira ko barebye nabi atari yambaye ubusa ahubwo ngo uriya mwenda wari umwegereye kandi ufite ibara risa n’ishusho y’abazungu.
12 July 2018 Yasuwe: 1816 1

Dore ibintu 6 wakorera umukunzi wawe ukamwibagiza babandi bose bamutereta

. Ibyo wakorera umukobwa mukundana akarushaho kugukunda . Ibyo abakobwa baba biteze gukorerwa n’abahungu bakundana . Ibishimisha abakobwa iyo babikorewe n’abahungu bakundana . Ibintu byereka...
12 July 2018 Yasuwe: 8399 3

Diamond yanditse ubutumwa burebure bugaragaza agahinda yatewe na nyina

Umuhanzi Diamond Platnumz abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yanditse ubutuma burebure bugaragaza agahinda yatewe na nyina amusaba gufata kimwe abana be kuko ashinjwa kwanga umwana uyu muhanzi...
12 July 2018 Yasuwe: 2854 0

Abaturage bo muri Uganda bakoze imyigaragambyo yo kwamagana umusoro ku mbuga nkoranyambaga

Kuva Taliki ya 1 Nyakanga 2018 . Nibwo mu gihugu cya Uganda batangiye gutanga umusoro ku bantu bose bakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse no gutanga umusoro ku bantu bahererekanya amafaranga biciye...
12 July 2018 Yasuwe: 565 0

Umukobwa ukunze kugarara mu mashusho y’indirimbo nyarwanda yashyize hanze amafoto yambaye mu buryo budasanzwe

Umukobwa uzwi nka Jane ukunze kugaragara mu mashusho y’ indirimbo z’abahanzi nyarwanda yashyize hanze amafoto yambaye isutiye ndetse n’ikabutura.
11 July 2018 Yasuwe: 4097 1

Asinah watandukanye na Riderman ngo ntawundi mukunzi yifuza

Umuhanzikazi Asinah wahoze akundana na Riderman yavuze ko kuri ubu ntawundi mukunzi yifuza kuko afite ibintu byinshi ahugiyemo.
11 July 2018 Yasuwe: 2413 0

Abagore 2 n’umugabo bakubitiwe ku karubanda bashinjwa icyaha cy’ubusambanyi

Abagore babiri bagaragara nk’abakuze ndetse n’umugabo umwe, bo mu Ntara ya Aceh muri Indonesia bahawe igihano cyo gukubitirwa ibiboko imbere y’imbaga y’abantu babashungereye bashinjwa icyaha...
11 July 2018 Yasuwe: 1436 0

Meya w’umujyi yategetse abapolisikazi kuzajya bambara utwenda tugufi [AMAFOTO]

Umuyobozi w’umujyi wa Brummana mu gihugu cya Liban, Pierre Achkar yashyizeho itegeko ry’uko abapolisikazi bacunga umutekano wo mu muhanda bagomba kuzajya bambara utwambaro tugufi cyane mu rwego rwo...
11 July 2018 Yasuwe: 2708 1

Rihanna nyuma yo gutangaza ko yatandukanye n’umukunzi we bagaragaye basomana [AMAFOTO]

Rihanna yagaragaye asomana n’umukunzi we witwa Hassan Jameel yigeze gutangaza ko batandukanye.
11 July 2018 Yasuwe: 2302 1

Nyina wa Hamisa yatangaje ikintu gikomeye akundira Zari

Mu kiganiro aherutse kugirana na Times FM yavuze ko akunda Zari ubwiza bwe ndetse n’amaguru ye meza ndetse ngo agize amahirwe yo guhura nawe byamushimisha.
11 July 2018 Yasuwe: 3097 1