Cristiano Ronaldo kuri ubu uri kubarizwa mu ikipe ya Juventus yagiye ku rutonde rw’abakinnyi ba ruhago bari guhembwa menshi ku isi aho ku mwanya wa mbere hazaho umukinnyi Messi ukurikiwe na Neymar...
Kwizigira Jean Claude uzwiho kogeza umupira w’amagura kuri Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Umubyeyi Clarisse bamaze igihe bakundana.