Muneza Christophe uzwi nka Christopher muri muzika nyarwanda ari mu bahanzi bahabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ya munani. Nawe ubwe ngo ikizere ni cyose, umunsi...
Hari abasore bamwe bajya mu rukundo icyo bagamije ari ukwikorera imibonano mpuzabitsina nta rukundo rubarangwaho ugasanga ntibakozwa ibyo gushinga urugo.
Izi mpamvu cyangwa se izindi zitazwi ni bimwe mu bishobora kuba bitera abantu kwitukuza. Ese mu by’ukuri uku kwisiga “Mukorogo” ababikora bibamarira iki? Iki kibazo gishobora kuba cyagorana...
Urukundo ni ikintu kiryoha cyane ariko kikarushaho iyo abantu babana, ni ukuvuga bashakanye, abahanga bemeza neza ko baba bari mu munyenga udasanzwe gusa nanone bibabaza kurushaho iyo umwe mu...