skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Harabura amasaha macye ngo hamenyekane umuhanzi wegukanye PGGSS 8 ,ninde uha amahirwe?

Kugera magingo buri wese wese muganiriye arakubwira umuhanzi aha amahirwe yo kwegukana igihembo cya PGGSS 8 ,Aho bamwe bakugaragariza umuhanzi uri ku mutima wabo ndetse bagatanga n’ingero...
14 July 2018 Yasuwe: 913 5

PGGSS 8: Ntabwo umuhanzi umwe ari we unteye ubwoba ahubwo bose uko ari icyenda banteye ubwoba -Christopher

Muneza Christophe uzwi nka Christopher muri muzika nyarwanda ari mu bahanzi bahabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ya munani. Nawe ubwe ngo ikizere ni cyose, umunsi...
14 July 2018 Yasuwe: 621 0

Umugore wigambye ko yaryamanye na Trump ari mu mazi abira

Stephanie Clifford wamamaye cyane nka Stormy Daniels uzwi mu gukina amafilime y’urukoza soni( Porn) akaba yari amaze igihe cyane avugwa mu bitangazamakuru kubera kwigamba ko yaryamanye na Perezida...
14 July 2018 Yasuwe: 2407 0

Niba wifuza gutereta umukobwa muhuye bwa mbere ukamwemeza dore amayeri ugomba gukoresha

Ni kenshi abantu bibaza niba bishoboka gukundana n’umukobwa ari bwo bwa mbere muhuye ndetse n’uko wabyitwaramo ngo umuterete.Twagutoranyirije uburyo 5 wakoresha.
14 July 2018 Yasuwe: 9260 2

Rwatubyaye yagize icyo avuga ku mafoto yasakajwe hanze asomana n’umukunzi we mu buryo butangaje

Rwatubyaye yavuze ariya mafoto bayafashe mu gihe bari barimo kwishimira urukundo rwabo.
13 July 2018 Yasuwe: 2544 0

Dore ibintu 5 bigaragaza umusore ukunda umukobwa yishakira kumusambanya gusa nta rukundo

Hari abasore bamwe bajya mu rukundo icyo bagamije ari ukwikorera imibonano mpuzabitsina nta rukundo rubarangwaho ugasanga ntibakozwa ibyo gushinga urugo.
13 July 2018 Yasuwe: 3829 1

Nyakim ufatwa nk’umukobwa w’igikara ku isi ,we ngo ntaterwa ipfunywe nuko asa [AMAFOTO]

Izi mpamvu cyangwa se izindi zitazwi ni bimwe mu bishobora kuba bitera abantu kwitukuza. Ese mu by’ukuri uku kwisiga “Mukorogo” ababikora bibamarira iki? Iki kibazo gishobora kuba cyagorana...
13 July 2018 Yasuwe: 5391 0

Dore ibimenyetso simusiga bizakwereka ko umugabo wawe akwanga urunuka

Urukundo ni ikintu kiryoha cyane ariko kikarushaho iyo abantu babana, ni ukuvuga bashakanye, abahanga bemeza neza ko baba bari mu munyenga udasanzwe gusa nanone bibabaza kurushaho iyo umwe mu...
13 July 2018 Yasuwe: 3536 0

Selena Gomez yagize icyo yifuriza Justin Bieber wamubenze akambika impeta undi mukobwa

Umuhanzikazi Selena Gomez wahoze akundana na Justin Bieber bakaza gutandukana yifurije uyu musore ishya n’ihirwe mu rukundo rushya yatangiranye n’umunyamidelikazi witwa Hailey Baldwin aherutse...
13 July 2018 Yasuwe: 1850 0

Andy Bumuntu yakuriye inzira ku murima abakobwa bose bamwifuzagaho urukundo

Andy Bumuntu yatangaje ko afite umukunzi gusa ko atarateganya gukora ubukwe nawe ngo amushyire mu rugo.
13 July 2018 Yasuwe: 2087 0