skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Diana wavuzweho kuryamana na Weasel yamwihakanye

Umuhanzikazi Space Diana wo muri Uganda wavuzweho kuryamana n’umuhanzi Weasel yamwihakanye avugako ari inshuti ye mu bijyanye n’akazi gusa.
9 July 2018 Yasuwe: 1302 0

Nizzo wo muri Urban Boys yagize icyo avuga ku mirwano yamuvuzweho na Safi Madiba

Nizzo Kaboss wo muri Urban Boys yavuze ko bitigeze bibaho ndetse ko abazanye izi nkuru zari impimbano.
9 July 2018 Yasuwe: 1663 0

Diamond yijeje nyina kuzamukorera ikintu gikomeye atarakorera undi muntu ku isi

Diamond yifurije nyina isabukuru nziza y’amavuko amubwira ko aramutse apfuye kimwe cya Kabiri cy’ibyo atunze umubyeyi we ariwe wagisigarana kuko banyuranye mu buzima butoroshye.
8 July 2018 Yasuwe: 2065 0

Amafoto yaciye ibintu: Umusore yambuwe inkweto n’ipantaro kubera ideni ry’ibihumbi bitatu yarabereyemo mugenzi we

Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo agaragaza umusore wakuwemo inkweto ndetse n’ipanaro kubera ideni ry’ibihumbi bitatu ,Dore amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ,abahanzi bo muri Uganda...
8 July 2018 Yasuwe: 4878 0

Umugore n’umugabo bafashwe basambanira ku gasozi bazengurutswa umudugudu bikoreye ibyo bari baryamyeho

Umugabo n’umugore batuye muri Nigeria bafashwe basambana bahabwa igihano cyo kuzengurutsa umudugudu batuyemo bikoreye n’ibikoresho birimo amashuka bari bazanye kuryamaho.
8 July 2018 Yasuwe: 3512 0

Umusore kubera uburwayi abana nabwo inshuti n’abavandimwe bamushizeho kuri ubu bamwe bamwita igisimba [AMAFOTO]

Umusore wo mu Bushinwa witwa Chi Zhoujing inshuti n’abavandimwe bamushizeho kugera ubwo abantu bavuga ko yamaze kuba nk’igisimba bitewe nuko isura ye yahindutse.
8 July 2018 Yasuwe: 2603 0

Ubushakashatsi bwerekanye ko abantu benshi bakoresha google bishakira ho ibijyanye n’ibitsina

Umushakashatsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ibyo benshi bashakisha iyo bageze kuri google, nk’ikintu kibahangayikishije ko ari ibijyanye n’ibitsina, ubuzima n’ahazaza h’abana babo.
8 July 2018 Yasuwe: 684 0

Dore urutonde rw’abakinnyi 20 birutse ibirometero byinshi mu gikombe cy’isi

Mu bakinnyi bamaze kwiruka ibirometero byinshi mu gikombe cy’isi ku mwanya wa mbere turasangamo umukinnyi Cristiano Ronaldo , Luis Advincula, Kyle Walker , Jesse Lingard, Dani Carvajal n’abandi.
8 July 2018 Yasuwe: 1776 0

Umugabo akurikiranyweho icyaha cyo kwica indaya akazigaburira inzoka yoroye

Mu gihugu cya Botswana, muri Afrika y’Amajyepfo hari amakuru y’umugabo wasanganywe ikiyoka kinini cyane cyo mu bwoko bw’uruziramire yari yoroye iwe mu rugo, ariko aho kiba bakanahasanga ibisigazwa...
8 July 2018 Yasuwe: 2169 0

Umunsi mpuzamahanga wahariwe kwambara bikini igitsina gore cyagaragaje udushya[AMAFOTO]

Abanyamahanga batuye mu bihugu bitandukanye bizihije umunsi wahariwe kwambara umwenda wa Bikini.
8 July 2018 Yasuwe: 1969 0