Angel Uwamahoro wigeze kuvugwa mu rukundo n’umunyarwenya Arthur Nkusi yambitswe impeta n’umusore witwa Christian bagiye kwibanira kuri ubu utuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Hari igihe umuntu agira umukunzi mu buzima bagatandukana baba barabanye cyangwa se batarabana nyuma ugasanga ashatse umugore ariko urukundo rwe ntirube rwaravuye kuri wa wundi wa mbere.
Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye, bafashe umusore amaze kwica ihene bamutegeka kuyiheka ku bitugu bamuzengurutsa Umujyi wa Huye mbere yo kumushyikiriza Polisi.