Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 1 Nyakanga 2018 mu kabyiniro kitwa Club Da Place batoye umukobwa uhiga abandi ikibuno cyiza aho azahembwa amashiringi ya Uganda ibihumbi 60,000.
Bibaho cyane ko umukobwa abona bagenzi be bo mu kigero kimwe bashyingirwa wenda we atarabona n’umusore babyumva kimwe ku buryo hari uwiheba bikomeye akumva ko yagumiwe cyangwa se akanatekereza...
Imashini muntu yakozwe n’Ikigo cyo muri Hong Kong cyitwa Hanson Robotics mu 2015, Ku munsi wo ku wa Mbere yahuye na Minisitiri w’intebe wa Ethiopia ,Abiy Ahmed bagirana ibiganiro n’ubwo kugeza ubu...