skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Umusaza yapfuye nyuma y’imyaka 18 yaricukuriye imva bazamushyinguramo

Umusaza witwa Gabriel Kyotera wo muri Uganda yapfuye nyuma y’imyaka igera kuri 18 yicukuriye imva azashyingurwamo.
5 July 2018 Yasuwe: 1545 0

Agashya ! Abagore bishyize hamwe bashinga koperative yo kuririra abapfuye mu gihe cyo gushyingura

. Mu gihugu cya Ghana, abantu bishyize hamwe bakora itsinda ryo kuririra uwapfuye bakabishyura . Bakoze umushinga utamenyerewe wo kuririra uwapfuye bakabishyura
5 July 2018 Yasuwe: 1307 1

Miss Iradukunda Liliane yageneye ubutumwa urubyiruko ku munsi wo kwibohora

Liliane yasabye urubyiruko kwiga amateka ndetse no kwishimira iterambere u Rwanda rumaze kugeraho ndetse yibutsa abakobwa bagenzi be kudasigara inyuma ahubwo ko bakwiriye gutera intambwe nk’iyatewe...
4 July 2018 Yasuwe: 640 0

Shaddy Boo yatangaje ikintu kimubangamiye muri iyi minsi

Abinyujije kuri Instagram Shaddy Boo yavuze ko muri iyi minsi abangamiye no kwitwa ko ari mwiza gusa akaba akiri ingaragu [ Ntamukunzi agira ]
4 July 2018 Yasuwe: 3860 3

Kubera imiterere y’umubiri we abasore basigaye batinya kumubaza izina rye

Umukobwa witwa Irene Karanja ukora akazi ko kubyina muri Kenya avugako kuri ubu ahangayikishijwe n’abasore basigaye bamutinya kubera uburyo yubatse umubiri we [bodybuilder]
4 July 2018 Yasuwe: 3703 1

Amafoto yaciye ibintu: Ifoto igaragaza umukobwa ateruye umusore barimo gusomana yavugishije benshi

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga turasangamo ifoto igaragaza umukobwa wagaragaye ateruye umuhungu barimo gusomana ,umukobwa w’uburanga gusa ukomeje kubikamo abasore ubwoba kubera...
4 July 2018 Yasuwe: 5811 0

Anastasie ‘Mama Paccy’ agiye kurongorwa nyuma y’imyaka itari micye amaze atabana n’umugabo we

Anastasie ‘Mama Pacy’ yatangaje ko Tariki ya 11/08/2018 azasezerana na Hitayezu Emmanuel umuhango uzabera mu rusengero rwa Bethesda Holy church mu Gakinjiro ka Gisozi.
4 July 2018 Yasuwe: 4498 0

WhatsApps yazanye uburyo bushya bwo gutanga ubutumwa ku bayobozi b’itsinda gusa [Group Admins]

WhatsApp yazanye uburyo bushya bwo guha ubutumwa uwo ushaka kubuha gusa ku bayobozi bayo [Group Admins] bukagera ku bagize group nta mbogamizi.
4 July 2018 Yasuwe: 2529 1

Niba ukunda umukunzi wawe iki cyumweru kikaba gishize utamubwiye aya magambo ntuzi gukunda

Ubundi nta kiza nko kuba umugabo w’amagambo asize ubuki,aryohereye amatwi y’umukunzi we,umugabo umeze gutya ni wa wundi utera umugore we guhora aseka kandi ku butumwa buto gusa,Ese ushaka kuba...
4 July 2018 Yasuwe: 3641 0

Waruziko kumira amasohoro ngo byaba bigabanya ingorane zo kurwara kanseri yibasira amabere y’ abagore

Ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’ubuzima mu gihugu cy’u Bufaransa, ifatanyije n’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri gikorera mu mujyi wa Lyon, bugaragaza ko abagore bamira amasohoro...
4 July 2018 Yasuwe: 3512 1