Anastasie ‘Mama Pacy’ yatangaje ko Tariki ya 11/08/2018 azasezerana na Hitayezu Emmanuel umuhango uzabera mu rusengero rwa Bethesda Holy church mu Gakinjiro ka Gisozi.
Ubundi nta kiza nko kuba umugabo w’amagambo asize ubuki,aryohereye amatwi y’umukunzi we,umugabo umeze gutya ni wa wundi utera umugore we guhora aseka kandi ku butumwa buto gusa,Ese ushaka kuba...
Ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’ubuzima mu gihugu cy’u Bufaransa, ifatanyije n’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri gikorera mu mujyi wa Lyon, bugaragaza ko abagore bamira amasohoro...