skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Andy Bumuntu yasubije Lydie weruye ko amukunda

Andy Bumuntu yavuze ko yishimiye ko Lydia ari umufana we ndetse ko babonanye hari impano yamugenera y’agaciro.
1 June 2018 Yasuwe: 4998 3

Lose Control indirimbo nshya ya Meddy na The Ben

The Ben ndetse na Meddy bagiye gushyira hanze indirimbo bahuriyemo bise Lose Control.
31 May 2018 Yasuwe: 4535 0

ShaddyBoo yavuze ku musore wagaragaye amwambika impeta

Shaddy Boo yavuze ko uriya musore ari inshuti ye ndetse biriya babikoze bikinira
31 May 2018 Yasuwe: 5081 0

Dore inkomoko y’izina ‘Biryogo‘ agace karangwamo ubuzima buhendutse kubahatemberera

Biryogo iherereye mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Nyarugenge. Umuntu uvuye mu bice by’icyaro bitandukanye akerekeza mu mujyi wa Kigali, iyo awuvuyemo atageze i Nyamirambo usanga bamukiniraho...
31 May 2018 Yasuwe: 4570 0

Ku munota wa nyuma Padiri yanze gusezeranya umwana w’imyaka 12 n’umusaza w’imyaka 60 muri kiliziya

Ku mbuga nkoranyamaga hakwirakwijwe amashusho agaragaza umwana w’umkobwa ufite imyaka 12 hamwe n’umusaza w’imyaka 60 basezeranye imbere y’Imana n’abantu, maze padiri yanga kubasezeranya.
31 May 2018 Yasuwe: 5359 1

Umukobwa yerekanye ingano y’amabere ye ku mbuga nkoranyambaga bamwe barumirwa[AMAFOTO]

Cossy Orjiakor, uturuka mu gihugu cya Nigeria, yagaragaje impano ye yahawe n’Imana yo kugira amabere meza kandi manini kurusha bandi bakobwa.
31 May 2018 Yasuwe: 4102 0

Umunyarwandakazi Judith washyize hanze amafoto ye yambaye ubusa yagize icyo abivugaho

Judith yasabye Imbabazi umuryango we ndetse n’ inshuti ze zabonye amafoto ye yambaye ubusa avugako uwabikoze atamwifuriza ibyiza ahubwo ari umwanzi we.
30 May 2018 Yasuwe: 6433 1

Shaddy Boo yasutse amarira ubwo yambikwaga impeta n’umusore bakundana mu ibanga [AMAFOTO]

Shaddyboo yambitse impeta n’umusore witwa Pogba bamaze igihe bakundana mu ibanga.
30 May 2018 Yasuwe: 5966 0

Urubyiruko rwa Nyamirambo ngo rutanyweye Viagra ntirwashobora gushimisha abakobwa mu gihe baje kubasura

Urubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali ahazwi nka Nyamirambo ndetse na bamwe mu bagabo batandukanye bahatuye bemeza ko hari igihe bifashisha Viagra kugira ngo ibashe kubongerera imbaraga mu gihe cyo...
30 May 2018 Yasuwe: 6021 0

Umukinnyi wa filime Nzanywa yakoze ubukwe bwatashywe n’abasitari batandukanye nka Barafinda, Mukarujanga, Kanyombya nabandi...

Ubukwe bwa Nzanywa uyobora imishinga ya Sinema ndetse akazikina hano mu Rwanda yakoze ibirori bidasanzwe byitabiriwe n’abasitari bakunzwe hano mu Rwanda muri Sinema barimo Barafinda, Mukarujanga...
30 May 2018 Yasuwe: 12249 0