Abantu batandukanye bakoresha imoso batangaza ko bahura n’ibibazo bitandukanye mu buzima, bituruka ku kuba bafatwa nk’abadasanzwe cyangwa se bafite ikibazo.
Mu bihugu 8 Igikomangoma Harry n’umukunzi we Meghan bashobora kuriramo ukwezi kwa buki nubwo nta gihamya ntakuka yemeza aya makuru biyobowe n’u Rwanda hagakurikiraho Barbados, Hawaii, Turkey,...