Aya ni amafoto tuba twabahitiyemo aba yatangaje abantu mu buryo bunyuranye bitewe n’udushya yafatanwe, ubwiza bwa ba nyirayo, aho bayafatiye cyangwa ibikorwa bari barimo.
Umunyarwenya Anne Kansiime yagaragaje umukunzi we mushya witwa Skylanta bari kumwe muburyohe bw’urukundo nyuma y’imyaka imyaka 4 atandukanye n’uwahoze ari umugabo we Gerald.
Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’umugabo witwa Dr. Yahaya Rashid Ssemuddu uhagarariye ambasade ya Uganda muri Saudi Arabia ,aho yakubise umugore we ajyanwa kwa muganga amuziza ko yamwimye...