skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Mu gahinda kenshi Ykee Benda yatangaje ikintu yibukira kuri Mowzey Radio

Umuhanzi Ykee Benda yavuze ko atazigabirwa Mowzey Radio kubera ko yatumye akunda kuririmba .
13 April 2018 Yasuwe: 1257 1

Muzirankoni Stella wabaye Miss Uganda akamburwa ikamba yafatanyije na RPF mu rugamba rwo guhagarika Jenoside

Stella Muzirankoni ni umubyeyi wabaye mu buhungiro muri Uganda akiri muto ndetse aza kujya mu ngabo zabohoye u Rwanda mu 1994 ndetse banahagarika jenoside yakorewe Abatutsi.
13 April 2018 Yasuwe: 3765 0

Umuhanzi yakoze isuku kumva ya nyina kugira ngo amuhe umugisha

Umuhanzi Mathias Walukaga ukorera umuziki we muri Uganda yasuye imva y’umubyeyi we ndetse ayikorera isuku mu rwego rwo kugirango nyakwigendera azamuhe umugisha igitaramo cye kitabirwe.
13 April 2018 Yasuwe: 1674 0

The Ben yageze i Kigali kwifatanya n’abanyarwanda mu gusoza icyumweru cy’icyunamo

The ben yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu kwifatanya n’Abanyarwanda gusoza icyumweru cy’ icyunamo kigomba kubera i Rebero.
13 April 2018 Yasuwe: 1417 0

Umugabo ucuruza imigati mu mujyi yakanze abantu bajya kwihisha ubwo yarashagawe n’inzuki

Umugabo ucuruza imigati muri Kenya mu gace ka Kabarnet kuri uyu wa gatatu yakanze abakorera mu mujyi ubwo birukaga bajya kwihisha kubera inzuki nyinshi zari zishagaye uyu mucuruzi mu mujyi rwagati.
12 April 2018 Yasuwe: 5974 0

Umugabo n’umugore bajyanwe mu nkiko nyuma yo kubura ubwishyu bwa hoteli bamazemo amajoro 8

Roy Osano ndetse na Beth Muthoni bajyanwe mu nkiko nyuma yo kubura ubwishyu bw’amafaranga ibihumbi 140,200 by’amashiringi yo muri Kenya ,nyuma yo kumara iminsi 8 muri Hoteli mu bihe...
12 April 2018 Yasuwe: 6312 0

Abakoresha ibihangano bya nyakwigendera Radio mu buryo butemewe bafatiwe mbarigo

Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio umusore waririmbaga mu itsinda Goolyfe abakoresheje indirimbo ze mu nyungu zabo bwite bagiye kujyanwa mu nkiko ,kubwo ,kutubahiriza uburenganzira busesuye bw’umuhanzi.
12 April 2018 Yasuwe: 601 0

The Ben yasabye abahanzi nyarwanda gutanga ikizere no kwigisha urukundo

Muri ibi bihe Abanyarwanda hibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, umuhanzi The Ben witegura kugaruka i Kigali The Ben yasabye abahanzi bagenzi be kuba intangarugero,...
12 April 2018 Yasuwe: 478 0

Ibyaranze itariki ya 12 Mata 1994 :Abatutsi barenga 6,000 bishwe n’Interahamwe zifatanyije n’abasirikare ba Leta

Muri bimwe mu byaranze itariki ya 12 Mata 1994, Abatutsi barenga 6,000 bari bahungiye kuri Paruwasi ya Musha bishwe n’Interahamwe zifatanyije n’abasirikare ba Leta.
12 April 2018 Yasuwe: 850 0

Miss Aurore yifatanyije n’umukunzi we Egide kwibuka umubyeyi we wishwe muri Jenoside

Nyampinga w’ u Rwanda 2012 Mutesi Aurore Kayibanda yifatanyije n’umukunzi we Mbabazi Egide kwibuka umubyeyi we wazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
12 April 2018 Yasuwe: 4564 0