Byamenyekanye ko nyakwigendera Moses Nakitinje Sekibogo wari uzwi nka Mowzey Radio yateganyaga gukora umushinga ku bijyanye n’imyidagaduro y’abana ku butaka yaguze mu Rwanda.
Huddah Monroe wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye y’urukozasoni, ubu akaba ari mu ntambara y’amagambo n’abafana be bamushinja kwigabanyiriza imyaka.
Yvan Buravan ugiye gushyira hanze Album ye ya mbere hanze yise The Love Lab izaba iriho indirimbo 17 z’urukundo gusa. Aho azayimurika taliki ya mbere Ukuboza uyu mwaka .
Producer Pastor P uri mu bafite inararibonye mu gukora muzika mu Rwanda arashinjwa n’umuhanzi Babo ko yamuhaye amafaranga yo kumukorera Album ntayikore…ubu yatanze ikirego….Pastor P nawe ati “...