skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Urban Boys batangaje igihe amashusho y’indirimbo ‘Ntakibazo’ izashyirwa hanze

Urban Boys bavuze ko amashusho y’indirimbo Ntakibazo izajya hanze bitarenze uyu mwaka .
10 October 2018 Yasuwe: 611 0

Umuhanzi Kidum yatangaje aho yakomoye izina rye

Kidum yatangaje ko iri zina yaryiswe nyuma yuko avutse abyibushye agahita aryitirirwa n’abaturanyi b’iwabo baje gusura nyina kwa Muganga bakamubwira ko yabye umwana ubyibushye bo bagereranyije...
10 October 2018 Yasuwe: 661 0

Apôtre Masasu yemereye abagabo kujya bakirigita abagore babo mu gihe cyo kuramya

Umuyobozi wa Restoration Church mu Rwanda, Apôtre Ndagijimana Yoshua Masasu, yasabye abagabo kujya bicarana n’abagore babo mu rusengero, abaha n’uburenganzira bwo kubakirigita mu gihe cyo kuramya.
10 October 2018 Yasuwe: 1660 1

Rudeboy wahoze muri P-Square agiye kuza mu Rwanda

Umuririmbyi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria Rudeboy wahoze mu itsinda rya P Square agiye kuza gutaramira mu Rwanda mu birori byo gutanga ibihembo ku bakora sinema muri Afurika bizaba mu bymweru...
10 October 2018 Yasuwe: 375 0

Umugore yakubise umugabo we urushyi ubwo yamusanganaga n’undi mugore muri resitora[AMAFOTO]

Ku mbuga nkoranyamaga hakwirakwijwe amashusho agaragaza umugore akubita umugabo we urushya nyuma yuko amusanze muri resitora arikumwe n’undi mugore bivugwa ko bakundana mu ibanga.
10 October 2018 Yasuwe: 2505 0

Nyamirambo: Umukobwa yabuze ayo kwishyura moto bamukuramo inkweto

Umukobwa bivugwa ko ari indaya yakuwemo inkweto nyuma yo kubura amafaranga 800frw yo kwishyura umumotari warumugejeje aho bavuganye.
9 October 2018 Yasuwe: 3315 0

Amafoto yaciye ibintu: Abagore 2 bakubitanye ibipfunsi mu rusengero ,Umukobwa yaretse abantu ingano y’amabere ye

Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo agaragaza abagore babiri barwaniye mu rusengero bapfa ko umwe ari inyuma y’ibibazo by’undi ,umugore werekaye ingano y’amabere ye kuri instagram ,amafoto yaciye...
9 October 2018 Yasuwe: 5430 0

Abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Earth 2018, batangiye gushyira amafoto yabo hanze bambaye bikini

Bamwe mu bakobwa bahatanira ikamba rya Miss Earth bageze muri Phillipine aho igitaramo kizabera ndetse bamwe batangira kwimenyereza ikirere cyaho biyambika umwambaro utavugwaho rumwe n’abanyarwanda...
9 October 2018 Yasuwe: 2579 0

Sheebah yegukanye AFRIMMA 2018 atsinze abarimo Knowless , Charly na Nina

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda yegukanye igihembo cy’umuhanzikazi witwaye neza mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba, aho yari agihanganiye n’abandi barimo Knowless Butera na Charly na...
9 October 2018 Yasuwe: 1016 0

Federasiyo ya filime mu Rwanda ntiyatereranye D’Amour nk’ uko bamwe babikeka

John Kwezi Umuyobozi wa Federasiyo ya filime mu Rwanda yasubije abizaga impamvu batarimo gukurikirana ubuzima bwa D’Amour urwaye , aho yavuze ko kuva babimenya bamukoreye ubuvugizi gusa birinda...
9 October 2018 Yasuwe: 2602 0