skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Abantu bakoresha indirimbo z’abahanzi b’abanyamahanga mu Rwanda bagiye kujya bazishyurira

Ubuyobozi bw’Ishyira ry’Abanditsi mu Rwanda (RSAU) buratangaza ko mu kwezi k’Ugushyingo bazatangira gufatira ibihano abazajya bacuranga ibihango by’abanyamahanga batabiherewe uburenganzira.
29 September 2018 Yasuwe: 657 0

Ifoto igaragaza umukobwa wakuyemo ibere arimo konsa umusore mu kabari yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto igaragaza umukobwa arimo konsa umusore mu kabari .
28 September 2018 Yasuwe: 8662 2

Dj Pius yinjiye mu ruhando rwo gufasha abahanzi bafite impano aho yatangiranye n’umuhanzi Amalon

Dj Pius kuri ubu uri mu bagize 1k Entertainment yatangaje ko kuri ubu bagiye gufasha abanyempano bakizamuka aho kuri ubu batangiranye n’umuhanz witwa Amalon.
28 September 2018 Yasuwe: 430 0

U Buhinde :Bakuyeho icyaha cyo guca inyuma uwo mwashakanye

Iri tegeko ni irya kabiri ryo mu gihe cy’ubukoloni urukiko rw’ikirenga rukuyeho mu kwezi kumwe, nyuma y’irindi ryakumiraga ishyingirwa hagati y’abahuje igitsina.
28 September 2018 Yasuwe: 1551 0

Nick Minaj yafotowe ari kwishimana n’umukunzi we Lewis Hamilton

Nyuma y’amakuru yacicikanye avuga ko Nick Minaj yaba ari mu rukundo n’umushoferi wo muri Formula 1, Lewis Hamilton, aba bombi bakomeje kugaragaza ko iby’urukundo rwabo byaba ari impamo.
28 September 2018 Yasuwe: 1323 0

Umuhanzikazi Fille ararira ayo kwarikwa nyuma yo gutandukana n’umukunzi we

Umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Fille Mutoni ari mu gahinda kenshi bikekwako yaba yatewe n’umukunzi we , Edwin Katamba uzwi nka MC Kats.
28 September 2018 Yasuwe: 1484 0

Dore inama 17 zafasha abakobwa kugira amabere meza

Mu byo wakora kugirango ugire amabere meza harimo kureka umugongo wawe ukema buri munsi , kutaryama wubitse inda mu ijoro ndetse n’ibindi.
27 September 2018 Yasuwe: 5299 1

Umukobwa uvuga ko ateye neza ku Isi akomeje kwibasira imbuga nkoranyambaga n’amafoto agaragaza imiterere ye

Demi Rose yashyize hanze amafoto ye agaragaza imiterere ye.
27 September 2018 Yasuwe: 3841 0

Nyampinga wa Ukraine yambuwe ikamba nyuma y’iminsi 2 aryambitswe

Veronkia Didusenko uherutse kugirwa Nyampinga wa Ukraine 2018, yahise yamburwa ikamba nyuma yo gusanga afite umwana.
27 September 2018 Yasuwe: 1767 0

Umukobwa yiyahuye nyuma yuko umusore amubenze habura amezi 2 ngo bakore ubukwe

Umukobwa witwa Rosarie utuye muri Kenya yiyahuye nyuma yuko abenzwe n’umusore bateganyaga kubana mu mezi abiri.
27 September 2018 Yasuwe: 5994 3