skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Umugabo uzwiho kubaka umubiri mu buryo butangaje muri Uganda yapfuye

Umugande Ivan Byekwaso wari ufite imyaka 41 y’amavuko, wamamaye mu mikino yo kwiyerekana kw’abubatse umubiri (bodybuilders), yapfuye.
27 September 2018 Yasuwe: 2744 1

Chris Brown yatangaje benshi bitewe n’ikintu ashaka gukorera Rihanna

Umuhanzi Chris Brown yavuze ko yifuza kurinda uwo bahoze bakundana, Rihanna nyuma yaho amabandi yinjiye mu rugo rwe.
27 September 2018 Yasuwe: 4393 0

Dimond Platnumz yaciye amarenga ko gutandukana na Zari byamusigiye igikomere

Mu gihe asanzwe amenyerewe gukoresha amagambo menshi asubiza abamukurikira, igisubizo Zari yahaye Diamond nyuma yokumwifuriza isabukuru nziza cyatangaje benshi.
27 September 2018 Yasuwe: 1436 0

Wema Sepetu kuri ubu ngo ari mu byishimo n’imiterere y’umubiri we

Wema Sepetu yatangaje ko kuri ubu ari mubyishimo n’imiterere ye nyuma yuko amaze kugabanukaho ibiro 20 nyuma yuko avuye mu Buhinde.
27 September 2018 Yasuwe: 3075 1

Hasohotse ibihano bikarishye ku bantu bacuranga ibihangano by’abandi mu buryo butemewe n’amategeko

Mu igazeti ya leta yo kuwa 24 Nzeri 2018 hasohotsemo Itegeko n° 50/2018 ryo ku wa 13/08/2018 rihindura itegeko n° 31/2009 ryo ku wa 26/10/2009 rigamije kurengera umutungo bwite mu by’ubwenge, aho...
26 September 2018 Yasuwe: 668 0

Bruce Melody yagize icyo avuga ku makimbirane amuvugwaho na Am G The Black

Bruce Melody yavuze ko byaturutse ku kibazo yarafitanye n’umurinzi we bikaba intandaro yo kugirango hagati yabo havugwe ko batagicana uwaka.
26 September 2018 Yasuwe: 982 0

TMC (Dream Boys) yatangaje ko yifuza umukunzi unanutse hejuru ariko hasi ateye nk’igisabo

TMC yavuze ko yifuza umukobwa uteye nk’igisabo ndetse akaba akunda gusenga.
26 September 2018 Yasuwe: 1059 2

Dore bimwe mu bimenyetso bigaragaza ko umukobwa yambaye nabi

Abahanga bavuga ko umuntu aba adakwiye gutandukira umuco w’abandi cyangwa se niyo yatandukira najye kure ahubwo akagerageza kwiga imico myiza ku bandi akabarekera ibiba byabo.
26 September 2018 Yasuwe: 5759 0

Yvan Buravan ngo akeneye imbaraga z’abanyarwanda kugirango igikombe cya Prix Decouvertes gitahe mu Rwanda

Prix Decouvertes ni ibihembo bigenerwa umuhanzi w’umunyafurika uba wahize abandi mu irushanwa ritegurwa na radiyo y’abafaransa .Aho kuri iyi nshuro umuhanzi Buravan ari umwe mu bahanzi nyarwanda...
26 September 2018 Yasuwe: 334 0

Umuhanzikazi Waje yageze i Kigali [AMAFOTO]

Umuhanzikazi Waje ukubutse mu gihugu cya Nigeria yageze mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo cya Kigali Jazz Junction.
26 September 2018 Yasuwe: 861 0